Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Faure Essozimna Gnassingbé Yasuye Tshisekedi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Faure Essozimna Gnassingbé Yasuye Tshisekedi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 April 2025 9:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gukora inshingano z’ubuhuza aherutse gushingwa na Afurika yunze ubumwe, Perezida wa Togo Faure Essozimna Gnassingbé yahuye na mugenzi we wa DRC Tshisekedi bagira ibyo baganira.

Ibiro bya Perezida Tshisekedi bivuga ko Gnassingbé yamusuye mu rwego rwo kurushaho ‘kumenyana’.

Gusa nta tangazo rivuga ibyo baganiriyeho birambuye ryasohotse.

Kuri X y’Ibiro bya Perezida Tshisekedi haranditse hati: ” Perezida wa Togo yageze ino ku mugoroba avuye i Luanda. Yaganiriye na mugenzi we Félix Tshisekedi ku ngingo zirimo uko ibikubiye mu masezerano ya Luanda-Nairobi byakwinjizwa mu idosiye nshya agiye kubera umuhuza”.

Gnassingbé yagizwe umuhuza mu kibazo kiri hagati ya Kigali, Kinshasa na M23 nyuma y’uko

Joao Lourenço wari ubishinzwe abereye Perezida wa Afurika yunze ubumwe.

Uyu yahise atangaza ko atabangikanya amadosiye ya Afurika yunze ubumwe n’idosiye ya DRC yakunze kuvuga ko ari iy’abavandimwe bakwiye kwicarana bakayiha umurongo.

DRC ishinja u Rwanda gufasha umutwe w’abagize M23, rukabihishamo rukajya kuyiba amabuye y’agaciro, ibintu Kigali ihakana.

Ku ruhande rwarwo, u Rwanda ruvuga ko DRC ifasha mu buryo butaziguye abagize FDLR, uyu ukaba umutwe w’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 cyangwa abandi bafite ingengabitekerezo yayo.

Ubuhuza bwa Togo buje busanga ubwatangijwe ba EAC ya Ruto na SADC ya Mnangangwa bwashyizwe ho abahuza batanu bagomba gukorana ngo igisubizo ku mutekano muke muri DRC kiboneke.

Qatar na Amerika nabo bari gukora ibyabo ngo amahoro aboneke mu Burasirazuba bwa DRC.

Biteganyijwe ko Tariki 28, Mata, 2025 intumwa za M23 zizahurira i Doha n’iza DRC, Qatar ikabahuza.

TAGGED:KigaliKinshasaLorencoM23TogoTshisekediUmuhuza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imibereho Y’Abanyarwanda Mu Myaka Irindwi Ishize: Icyo Imibare Igaragaza
Next Article Uhagarariye u Rwanda Muri Miss Africa Calabar Arasaba Gushyigikirwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?