Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FERWACY Irashaka Abatoza Bazi NEZA Icyongereza n’Igifaransa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

FERWACY Irashaka Abatoza Bazi NEZA Icyongereza n’Igifaransa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 March 2024 7:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Federasiyo y’umukino w’amagare mu Rwanda, FERWACY, yatangaje ko ishaka ko abantu bazi NEZA Icyongereza n’Igifaransa baza guhugurirwa kuba abatoza b’amakipe akina uyu mukino.

Bukubiye mu itangazo iyo Federasiyo yashyize kuri X, risaba abantu bose babyifuza ariko bujuje ibisabwa kuza guhugurirwa gutoza umukino w’amagare.

Uretse indimi z’amahanga zavuzwe haruguru, ushaka kuba umutoza w’amagare mu Rwanda agomba kandi kuba byibura afite impamyabumenyi y’amashuri yisumbuye, akaba afite kandi azi gukoresha neza mudasobwa, ‘tablet’ cyangwa telefoni zikoresha murandasi igihe cyose azaba ari mu mahugurwa.

Kuba yarize akaba afite impamyabumenyi y’amashuri byibura yisumbuye ni kimwe mu by’ingenzi bisabwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

FERWACY ivuga ko abantu bashaka gutoza umukino w’igare bagomba kuba barangije gutanga ibisabwa bitarenze taliki 08, Werurwe, 2024 ni ukuvuga ku wa Gatanu w’Icyumweru kizarangira taliki 10, Werurwe, 2024.

Imwe mu nshingano za Federasiyo nyarwanda y’umukino w’amagare ni uguhugura abatoza.

Umwe muri bo yabwiye Taarifa ko kuba basabwa kuba bazi neza Icyongereza n’Igifaransa ari ingenzi kubera ko ababahugura ari abanyamahanga basanzwe mu ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umukino w’amagare, UCI.

Ikindi ni uko uretse n’abatoza, n’abakinnyi basabwa kuba barize kugira ngo igihe nikigera bakava muri uyu mukino bazashobore kwibeshaho binyuze mu kuba abatoza cyangwa gukora ikindi kijyanye n’ibyo bize.

Itangazo rya FERWACY
TAGGED:AbakinnyiAbatozaAmagareFERWACYIcyongerezaIgifaransa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article I&M Bank N’Ikindi Kigo Mpuzamahanga Mu Kuzamura Ikoranabuhanga Mu Bakiliya
Next Article Gasamagera Yagejeje Kuri Perezida wa Djibouti Ubutumwa Bwa Paul Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

APR FC Yatsinze Rayon Iyirusha Bifatika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Igiye Kongera Kumvana Imitsi Na APR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Atlético de Madrid Yinjiye Muri Visit Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

APR BBC , UGB Na Dolphin BBC Ya Uganda Yabonye Intsinzi Mu Mikino Yo Kwibuka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?