Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FERWACY Irashaka Abatoza Bazi NEZA Icyongereza n’Igifaransa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

FERWACY Irashaka Abatoza Bazi NEZA Icyongereza n’Igifaransa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 March 2024 7:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Federasiyo y’umukino w’amagare mu Rwanda, FERWACY, yatangaje ko ishaka ko abantu bazi NEZA Icyongereza n’Igifaransa baza guhugurirwa kuba abatoza b’amakipe akina uyu mukino.

Bukubiye mu itangazo iyo Federasiyo yashyize kuri X, risaba abantu bose babyifuza ariko bujuje ibisabwa kuza guhugurirwa gutoza umukino w’amagare.

Uretse indimi z’amahanga zavuzwe haruguru, ushaka kuba umutoza w’amagare mu Rwanda agomba kandi kuba byibura afite impamyabumenyi y’amashuri yisumbuye, akaba afite kandi azi gukoresha neza mudasobwa, ‘tablet’ cyangwa telefoni zikoresha murandasi igihe cyose azaba ari mu mahugurwa.

Kuba yarize akaba afite impamyabumenyi y’amashuri byibura yisumbuye ni kimwe mu by’ingenzi bisabwa.

FERWACY ivuga ko abantu bashaka gutoza umukino w’igare bagomba kuba barangije gutanga ibisabwa bitarenze taliki 08, Werurwe, 2024 ni ukuvuga ku wa Gatanu w’Icyumweru kizarangira taliki 10, Werurwe, 2024.

Imwe mu nshingano za Federasiyo nyarwanda y’umukino w’amagare ni uguhugura abatoza.

Umwe muri bo yabwiye Taarifa ko kuba basabwa kuba bazi neza Icyongereza n’Igifaransa ari ingenzi kubera ko ababahugura ari abanyamahanga basanzwe mu ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umukino w’amagare, UCI.

Ikindi ni uko uretse n’abatoza, n’abakinnyi basabwa kuba barize kugira ngo igihe nikigera bakava muri uyu mukino bazashobore kwibeshaho binyuze mu kuba abatoza cyangwa gukora ikindi kijyanye n’ibyo bize.

Itangazo rya FERWACY
TAGGED:AbakinnyiAbatozaAmagareFERWACYIcyongerezaIgifaransa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article I&M Bank N’Ikindi Kigo Mpuzamahanga Mu Kuzamura Ikoranabuhanga Mu Bakiliya
Next Article Gasamagera Yagejeje Kuri Perezida wa Djibouti Ubutumwa Bwa Paul Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

‘Body Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Chameleone FM: Radiyo Chameleone Agiye Gutangiza i Bujumbura

40.1% By’Abatuye Kigali Batuye Mu Kajagari- Meya Dusengiyumva

Impyisi: Inyamaswa Y’Ingirakamaro Nubwo Yangwa 

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yiyemeje Gukorana Na Mauritania 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Rayon Sports Yatandukanye Na Kapiteni Wayo Bamaranye Imyaka Ibiri N’Igice

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Shampiyona Y’Abagore Y’u Rwanda Izajya Ica Kuri Rubuga Rwa FIFA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?