Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FERWACY Yasangiye N’Abakinnyi Baherutse Mu Misiri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

FERWACY Yasangiye N’Abakinnyi Baherutse Mu Misiri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 March 2021 11:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’abakina umukino wo gusiganwa ku magare bwasangiye na bamwe muri bo baherutse guhesha ishema u Rwanda bagatwara imidari 14 harimo na zahabu.

Ni ifunguro rya mu gitondo bafatiye muri imwe muri Hoteli z’i Kigali, hari na Komite Nyobozi ya ririya shyirahamwe.

Umutoza w’Ikipe y’u Rwanda y’amagare witwa Felix Sempoma yabwiye abari aho ko irushanwa ryababereye ryiza, batwara imidari n’ibihembo kandi hafi buri munsi.

Yagize ati: “ Twagize irushanwa ryiza bijyanye n’imyiteguro twagize kuko nibura buri munsi w’irushanwa wose twagiye tubona igihembo.”

Uwagiye ayoboye itsinda ryaturutse mu Rwanda Bwana Jean Léonard Sekanyange avuga ko ibintu byabagendekeye neza ndetse ngo u Rwanda nicyo gihugu cyatwaye imidali myinshi.

Sekanyange avuga ko bishimishije kuba barapimwe bikagaragara ko bose ari bazima, ntawanduye COVID-19, ubu abakinnyi bakaba bagiye gutaha iwabo.

Abakinnyi b’u Rwanda bavanye imidali 14 mu Misiri mu marushanwa ngarukamwaka y’isiganwa ku magare.

Abanyarwanda n’Abanyarwandakazi bitwaye neza muri ririya rushanwa ryabereye mu Misiri
Bakiriwe bashimirwa umusaruro batahanye
Sempoma Felix avuga ko batahanye umusaruro ushimishije
Jean Leonard Sekanyange wari uyoboye itsinda ryajyanye n’abakinnyi
Areruya Joseph ati: ” Iyo dutegurwa kare twari bukore ibirenze biriya”
TAGGED:AbanyonziFERWACYMisiriSempoma
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nsanzabaganwa Yifurije Abagore Umunsi Mwiza, Abibutsa Uruhare Rw’Umugabo
Next Article Meghan Markle Yahishuye Ibizazane Yanyuzemo Mu Muryango W’Ibwami Mu Bwongereza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Imikino

Amakipe Ya Volley Azahatanira Igikombe Cy’Intwari Yamenyekanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Yaguze Uwakiniraga Mukura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

U Rwanda Rwatsinze Uganda Mu Mikino Ya Handball

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yiyemeje Gukorana Na Mauritania 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?