Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FERWAFA Yabonye Perezida Mushya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

FERWAFA Yabonye Perezida Mushya

Last updated: 27 June 2021 12:44 pm
Share
SHARE

Nizeyimana Mugabo Olivier yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, mu matora yari asigayemo ari umukandida umwe.

Yageze ku munsi w’amatora ari wenyine nyuma y’uko Rurangirwa Louis bari bahanganye yakuyemo kandidatire ye, avuga ko hari amategeko atarakurikijwe mu bikorwa by’amatora.

Nizeyimana yabonye amajwi 52, impfabusa ziba 6 naho Oya iba imwe 1.

Nizeyimana asanzwe ari umuyobozi wa Mukura Victory Sports yo mu karere ka Huye, akaba na nyiri ikigo Volcano Express gitwara abagenzi.

Aya matora yabereye muri Lemigo Hotel, hagamijwe gusimbuza komite yari iyobowe na (Rtd) Brig. Gen. Jean Damascène Sekamana iherutse kwegura.

 Urutonde rw’abagize komite ya Nizeyimana Olivier:

  • Mugabo Nizeyimana Olivier (Perezida)
  • Habyarimana Marcel (Visi Perezida)
  • Habiyakare Chantal (Komiseri ushinzwe imari)
  • Cyamweshi Arthur (Komiseri ushinzwe kumenyekanisha ibikorwa no gushaka inkunga)
  • Gasana Richard (Komiseri ushinzwe gutegura amarushanwa)
  • IP Umutoni Claudette (Komiseri ushinzwe umutekano n’imyitwarire myiza mu mikino)
  • Nkusi Edmond Marie (Komiseri ushinzwe tekiniki n’iterambere ry’umupira w’amaguru)
  • Tumutoneshe Diane (Komiseri ushinzwe umupira w’amaguru w’abagore)
  • Uwanyiligira Delphine (Komiseri ushinzwe amategeko)
  • Lt Col Gatsinzi Herbert (Komiseri ushinzwe ubuvuzi)
Mugabo asanzwe ayobora Mukura Victory Sports
TAGGED:featuredFERWAFANizeyimana Olivier
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rurangirwa Louis Yikuye Mu Matora Ya Perezida Wa FERWAFA
Next Article Abantu 156 Bakomeje Kuburirwa Irengero Nyuma Yo Guhanukirwa n’Umuturirwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?