Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FERWAFA Yagiye Kwiherera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

FERWAFA Yagiye Kwiherera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 July 2023 10:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakozi b’Ishyirahamwe y’umukino w’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, bagiye kwiherera ngo baganire uko bazarushaho gukora neza mu minsi iri imbere.

Uyu mwiherero ubaye nyuma gato y’uko FERWAFA ihawe ubuyobozi bushya buyoborwa na Alphonse Munyentwari.

Umwiherero urabera mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Nyamata.

Munyantwari yijeje abakunda umupira w’amaguru mu Rwanda ko we n’abo bafatanyije, bazatanga imbaraga za bo zose kugira ngo bongere bahe ibyishimo Abanyarwanda.

Uyu mwiherero uzamara iminsi ibiri.

Intego ngo ni ukunoza imikorere kugira ngo umupira w’amaguru mu Rwanda uzarusheho kugenda neza.

Munyantwali na bagenzi be bagiye kuyobora FERWAFA  mu gihe cy’imyaka ibiri yari yasizwe na Olivier Mugabo Nizeyimana weguye mu minsi ishize.

Nyuma yayo nibwo hazabaho amatora asanzwe.

Buri manda imara imyaka ine.

TAGGED:featuredFERWAFAImikinoMunyentwariUmukino
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Google Yasohoye Inkweto Zigura $50,000
Next Article Abaregeye Indishyi Mu Rubanza Rwa Rusesabagina Barishyuwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?