Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FERWAFA Yagiye Kwiherera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

FERWAFA Yagiye Kwiherera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 July 2023 10:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakozi b’Ishyirahamwe y’umukino w’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, bagiye kwiherera ngo baganire uko bazarushaho gukora neza mu minsi iri imbere.

Uyu mwiherero ubaye nyuma gato y’uko FERWAFA ihawe ubuyobozi bushya buyoborwa na Alphonse Munyentwari.

Umwiherero urabera mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Nyamata.

Munyantwari yijeje abakunda umupira w’amaguru mu Rwanda ko we n’abo bafatanyije, bazatanga imbaraga za bo zose kugira ngo bongere bahe ibyishimo Abanyarwanda.

Uyu mwiherero uzamara iminsi ibiri.

Intego ngo ni ukunoza imikorere kugira ngo umupira w’amaguru mu Rwanda uzarusheho kugenda neza.

Munyantwali na bagenzi be bagiye kuyobora FERWAFA  mu gihe cy’imyaka ibiri yari yasizwe na Olivier Mugabo Nizeyimana weguye mu minsi ishize.

Nyuma yayo nibwo hazabaho amatora asanzwe.

Buri manda imara imyaka ine.

TAGGED:featuredFERWAFAImikinoMunyentwariUmukino
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Google Yasohoye Inkweto Zigura $50,000
Next Article Abaregeye Indishyi Mu Rubanza Rwa Rusesabagina Barishyuwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?