Lieutenant General Mubarakh Muganga usanzwe ari umuyobozi wa APR FC yabwiye abakinnyi b’iriya kipe ko bagomba gutwara ibikombe byose biri guhatanirwa mu Rwanda muri iki gihe....
Mu mwaka wa 1896 mu Busuwisi havutse umugabo wanditse igitabo gikubiyemo ibitekerezo yise ‘Theory of Cognitive Development’ cyahaye abantu ibisobanuro by’akamaro k’imikino mu mikurire y’abana. Uwo...
Ikipe ya REG Basketball Club yeretse izo bari bahanganye mu mikino y’amajonjora yo kuzitabira imikino ya nyuma y’igikombe cy’amarushanwa nyafurika y’uyu mukino ko yihagazeho. Imikino y’irangiza...
Amakuru y’uko Stade Amahoro izagurwa ikongererwa ubwiza n’ubuso yatangiye gutangazwa bwa mbere n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire mu mwaka wa 2018. Hari amakuru avuga ko hagati ya...
Mu rwego gufasha Abanyarwanda bose kureba imikino ya CAN iri kubera muri Cameroon badahenzwe, Ikigo gicuruza serivisi z’amashusho ku rwego rw’isi CANAL+ Rwanda cyashyizeho poromosiyo yo...