Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FPR Yabwiye Urubyiruko Amavuko Yayo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

FPR Yabwiye Urubyiruko Amavuko Yayo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 July 2023 2:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango FPR-Inkotanyi Amb. Wellars Gasamagera yaganije urubyiruko rw’abasore n’inkumi rugera ku bantu 65 ku mavu n’amavuko y’Umuryango FPR-Inkotanyi.

Uru rubyiruko ruri mu Rwanda mu rwego rwo kwiga amateka yarwo no kumenya indangagaciro ziranga Abanyarwanda.

Abo Gasamagera yaganirije baturutse mu bihugu 15 byo hirya no hino ku isi.

Yabwiye bariya basore n’inkumi ko u Rwanda rwabohowe kubera impamvu zifatika.

Ngo ni iyo mpamvu FPR Inkotanyi yavutse kandi itigeze itezuka ku ntego zayo.

Ibi kandi ngo nibyo byatumye ikomeza kubaka u Rwanda kugeza n’ubu.

Wellars Gasamagera yasabye ruriya rubyiruko gukomeza mu mujyo wa FPR –Inkotanyi, bagakoresha ubumenyi n’imbaraga zabo kugira ngo bateze imbere u Rwanda kandi baruvugire aho bari hose.

Yababwiye ko mu ntego za FPR-Inkotanyi harimo gusangira ubutegetsi n’ibyiza by’u Rwanda.

Ni politiki yo gusaranganya.

Urubyiruko 65 rwabwiwe uko FPR Inkotanyi yavutse n’aho igeze
Umunyamabanga mukuru wa FPR Inkotanyi aganiriza uru rubyiruko
TAGGED:featuredFPRGasamageraUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Irashaka Kubaka Uruganda Runini Rutunganya Zahabu
Next Article Netanyahu Yavuye Mu Bitaro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?