Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FPR Yabwiye Urubyiruko Amavuko Yayo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

FPR Yabwiye Urubyiruko Amavuko Yayo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 July 2023 2:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango FPR-Inkotanyi Amb. Wellars Gasamagera yaganije urubyiruko rw’abasore n’inkumi rugera ku bantu 65 ku mavu n’amavuko y’Umuryango FPR-Inkotanyi.

Uru rubyiruko ruri mu Rwanda mu rwego rwo kwiga amateka yarwo no kumenya indangagaciro ziranga Abanyarwanda.

Abo Gasamagera yaganirije baturutse mu bihugu 15 byo hirya no hino ku isi.

Yabwiye bariya basore n’inkumi ko u Rwanda rwabohowe kubera impamvu zifatika.

Ngo ni iyo mpamvu FPR Inkotanyi yavutse kandi itigeze itezuka ku ntego zayo.

Ibi kandi ngo nibyo byatumye ikomeza kubaka u Rwanda kugeza n’ubu.

Wellars Gasamagera yasabye ruriya rubyiruko gukomeza mu mujyo wa FPR –Inkotanyi, bagakoresha ubumenyi n’imbaraga zabo kugira ngo bateze imbere u Rwanda kandi baruvugire aho bari hose.

Yababwiye ko mu ntego za FPR-Inkotanyi harimo gusangira ubutegetsi n’ibyiza by’u Rwanda.

Ni politiki yo gusaranganya.

Urubyiruko 65 rwabwiwe uko FPR Inkotanyi yavutse n’aho igeze
Umunyamabanga mukuru wa FPR Inkotanyi aganiriza uru rubyiruko
TAGGED:featuredFPRGasamageraUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Irashaka Kubaka Uruganda Runini Rutunganya Zahabu
Next Article Netanyahu Yavuye Mu Bitaro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

Tshisekedi Arabwira Inteko Iby’Ingenzi Aherutse Kwemeranya Na Perezida Kagame

Perezida wa Benin Yabwiye Abaturage Ko Abashatse Kumuhirika Baruhiye Ubusa

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

You Might Also Like

Imikino

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?