Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FPR Yabwiye Urubyiruko Amavuko Yayo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

FPR Yabwiye Urubyiruko Amavuko Yayo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 July 2023 2:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango FPR-Inkotanyi Amb. Wellars Gasamagera yaganije urubyiruko rw’abasore n’inkumi rugera ku bantu 65 ku mavu n’amavuko y’Umuryango FPR-Inkotanyi.

Uru rubyiruko ruri mu Rwanda mu rwego rwo kwiga amateka yarwo no kumenya indangagaciro ziranga Abanyarwanda.

Abo Gasamagera yaganirije baturutse mu bihugu 15 byo hirya no hino ku isi.

Yabwiye bariya basore n’inkumi ko u Rwanda rwabohowe kubera impamvu zifatika.

Ngo ni iyo mpamvu FPR Inkotanyi yavutse kandi itigeze itezuka ku ntego zayo.

Ibi kandi ngo nibyo byatumye ikomeza kubaka u Rwanda kugeza n’ubu.

Wellars Gasamagera yasabye ruriya rubyiruko gukomeza mu mujyo wa FPR –Inkotanyi, bagakoresha ubumenyi n’imbaraga zabo kugira ngo bateze imbere u Rwanda kandi baruvugire aho bari hose.

Yababwiye ko mu ntego za FPR-Inkotanyi harimo gusangira ubutegetsi n’ibyiza by’u Rwanda.

Ni politiki yo gusaranganya.

Urubyiruko 65 rwabwiwe uko FPR Inkotanyi yavutse n’aho igeze
Umunyamabanga mukuru wa FPR Inkotanyi aganiriza uru rubyiruko
TAGGED:featuredFPRGasamageraUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Irashaka Kubaka Uruganda Runini Rutunganya Zahabu
Next Article Netanyahu Yavuye Mu Bitaro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yajyanywe Kuri RIB Nyuma Yo Gushaka Kwiyahura Bikanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi Rusange

Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Bigenda Gute Ngo Umubiri Wakomeretse Wisane?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?