Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FPR Yabwiye Urubyiruko Amavuko Yayo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

FPR Yabwiye Urubyiruko Amavuko Yayo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 July 2023 2:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango FPR-Inkotanyi Amb. Wellars Gasamagera yaganije urubyiruko rw’abasore n’inkumi rugera ku bantu 65 ku mavu n’amavuko y’Umuryango FPR-Inkotanyi.

Uru rubyiruko ruri mu Rwanda mu rwego rwo kwiga amateka yarwo no kumenya indangagaciro ziranga Abanyarwanda.

Abo Gasamagera yaganirije baturutse mu bihugu 15 byo hirya no hino ku isi.

Yabwiye bariya basore n’inkumi ko u Rwanda rwabohowe kubera impamvu zifatika.

Ngo ni iyo mpamvu FPR Inkotanyi yavutse kandi itigeze itezuka ku ntego zayo.

Ibi kandi ngo nibyo byatumye ikomeza kubaka u Rwanda kugeza n’ubu.

Wellars Gasamagera yasabye ruriya rubyiruko gukomeza mu mujyo wa FPR –Inkotanyi, bagakoresha ubumenyi n’imbaraga zabo kugira ngo bateze imbere u Rwanda kandi baruvugire aho bari hose.

Yababwiye ko mu ntego za FPR-Inkotanyi harimo gusangira ubutegetsi n’ibyiza by’u Rwanda.

Ni politiki yo gusaranganya.

Urubyiruko 65 rwabwiwe uko FPR Inkotanyi yavutse n’aho igeze
Umunyamabanga mukuru wa FPR Inkotanyi aganiriza uru rubyiruko
TAGGED:featuredFPRGasamageraUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Irashaka Kubaka Uruganda Runini Rutunganya Zahabu
Next Article Netanyahu Yavuye Mu Bitaro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?