Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FPR Yemeje Paul Kagame Ko Azayihagararira Mu Matora Y’Umukuru W’Igihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

FPR Yemeje Paul Kagame Ko Azayihagararira Mu Matora Y’Umukuru W’Igihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 March 2024 5:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Paul Kagame usanzwe ari Chairman w’Umuryango FPR-Inkotanyi yemeye ko azawuhagararira mu matora y’Umukuru w’igihugu ateganyijwe  mu mpeshyi ya 2024.

Hari mu Nteko rusange y’abahagarariye uyu muryango ku nzego zose z’u Rwanda bahuriye mu Intare Arena mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo.

Muri iyi nama kandi herekaniwe abandi bashaka kuzahagararira FPR-Inkotanyi mu matora y’Abadepite nayo ataeganyijwe muri Nyakanga, 2024.

Ubwo Perezida wa Repubulika yabazwaga niba yemera ubusabe bw’abandi banyamuryango ngo ababere umunyamuryango, arabasubiza ati:  “Ni mwe mufite ijambo, abe ari mwe mubigena”.

Yasobanuriwe ko guhera ku rwego rw’umudugudu, abanyamuryango ariwe bifuje.

Hakurikiyeho itora hanyuma Inama Nkuru y’Umuryango iza kumwemeza nk’umukandida.

Niwe rukumbi

Menya Incamake Y’Ibyo FPR Iteganya Mu Myaka Irindwi

TAGGED:featuredFPRInkotanyiKagameUmukandida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Menya Incamake Y’Ibyo FPR Iteganya Mu Myaka Irindwi
Next Article APR FC Yahinyuje Rayon Sports Iyitsinda 2:0
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?