Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FPR Yemeje Paul Kagame Ko Azayihagararira Mu Matora Y’Umukuru W’Igihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

FPR Yemeje Paul Kagame Ko Azayihagararira Mu Matora Y’Umukuru W’Igihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 March 2024 5:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Paul Kagame usanzwe ari Chairman w’Umuryango FPR-Inkotanyi yemeye ko azawuhagararira mu matora y’Umukuru w’igihugu ateganyijwe  mu mpeshyi ya 2024.

Hari mu Nteko rusange y’abahagarariye uyu muryango ku nzego zose z’u Rwanda bahuriye mu Intare Arena mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo.

Muri iyi nama kandi herekaniwe abandi bashaka kuzahagararira FPR-Inkotanyi mu matora y’Abadepite nayo ataeganyijwe muri Nyakanga, 2024.

Ubwo Perezida wa Repubulika yabazwaga niba yemera ubusabe bw’abandi banyamuryango ngo ababere umunyamuryango, arabasubiza ati:  “Ni mwe mufite ijambo, abe ari mwe mubigena”.

Yasobanuriwe ko guhera ku rwego rw’umudugudu, abanyamuryango ariwe bifuje.

Hakurikiyeho itora hanyuma Inama Nkuru y’Umuryango iza kumwemeza nk’umukandida.

Niwe rukumbi

Menya Incamake Y’Ibyo FPR Iteganya Mu Myaka Irindwi

TAGGED:featuredFPRInkotanyiKagameUmukandida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Menya Incamake Y’Ibyo FPR Iteganya Mu Myaka Irindwi
Next Article APR FC Yahinyuje Rayon Sports Iyitsinda 2:0
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?