Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FPR Yemeje Paul Kagame Ko Azayihagararira Mu Matora Y’Umukuru W’Igihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

FPR Yemeje Paul Kagame Ko Azayihagararira Mu Matora Y’Umukuru W’Igihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 March 2024 5:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Paul Kagame usanzwe ari Chairman w’Umuryango FPR-Inkotanyi yemeye ko azawuhagararira mu matora y’Umukuru w’igihugu ateganyijwe  mu mpeshyi ya 2024.

Hari mu Nteko rusange y’abahagarariye uyu muryango ku nzego zose z’u Rwanda bahuriye mu Intare Arena mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo.

Muri iyi nama kandi herekaniwe abandi bashaka kuzahagararira FPR-Inkotanyi mu matora y’Abadepite nayo ataeganyijwe muri Nyakanga, 2024.

Ubwo Perezida wa Repubulika yabazwaga niba yemera ubusabe bw’abandi banyamuryango ngo ababere umunyamuryango, arabasubiza ati:  “Ni mwe mufite ijambo, abe ari mwe mubigena”.

Yasobanuriwe ko guhera ku rwego rw’umudugudu, abanyamuryango ariwe bifuje.

Hakurikiyeho itora hanyuma Inama Nkuru y’Umuryango iza kumwemeza nk’umukandida.

Niwe rukumbi

Menya Incamake Y’Ibyo FPR Iteganya Mu Myaka Irindwi

TAGGED:featuredFPRInkotanyiKagameUmukandida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Menya Incamake Y’Ibyo FPR Iteganya Mu Myaka Irindwi
Next Article APR FC Yahinyuje Rayon Sports Iyitsinda 2:0
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?