Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FPR Yemeje Paul Kagame Ko Azayihagararira Mu Matora Y’Umukuru W’Igihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

FPR Yemeje Paul Kagame Ko Azayihagararira Mu Matora Y’Umukuru W’Igihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 March 2024 5:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Paul Kagame usanzwe ari Chairman w’Umuryango FPR-Inkotanyi yemeye ko azawuhagararira mu matora y’Umukuru w’igihugu ateganyijwe  mu mpeshyi ya 2024.

Hari mu Nteko rusange y’abahagarariye uyu muryango ku nzego zose z’u Rwanda bahuriye mu Intare Arena mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo.

Muri iyi nama kandi herekaniwe abandi bashaka kuzahagararira FPR-Inkotanyi mu matora y’Abadepite nayo ataeganyijwe muri Nyakanga, 2024.

Ubwo Perezida wa Repubulika yabazwaga niba yemera ubusabe bw’abandi banyamuryango ngo ababere umunyamuryango, arabasubiza ati:  “Ni mwe mufite ijambo, abe ari mwe mubigena”.

Yasobanuriwe ko guhera ku rwego rw’umudugudu, abanyamuryango ariwe bifuje.

Hakurikiyeho itora hanyuma Inama Nkuru y’Umuryango iza kumwemeza nk’umukandida.

Niwe rukumbi

Menya Incamake Y’Ibyo FPR Iteganya Mu Myaka Irindwi

TAGGED:featuredFPRInkotanyiKagameUmukandida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Menya Incamake Y’Ibyo FPR Iteganya Mu Myaka Irindwi
Next Article APR FC Yahinyuje Rayon Sports Iyitsinda 2:0
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

IBUKA Ivuga Ko Muri Huye Hamaze Kuboneka Imibiri 301 Mu Mezi Ane

Trump Arashaka Gukura Ubushinwa Ku Ntebe Y’Isi Mu Kugura Amabuye Y’Agaciro ‘Adasanzwe’

Kenya: Abantu 12 Baguye Mu Mpanuka Y’Indege

Menya Itegeko Ryavuguruwe Ry’Umutungo Bwite Mu By’Ubwenge Rikurikizwa Mu Rwanda

Ibyinshi Mu Byaranze Amateka Y’u Rwanda Bibitswe N’Abarukolonije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Arabie Saoudite: Kagame Azatanga Ikiganiro Ku Umutekano Mu By’Ubukungu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Biya Agiye Kongera Kuyobora Cameroun Muri Manda Izarangira Afite Hafi Imyaka 100

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Kigali: Bafatanywe Udupfunyika 617 Tw’Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruMu RwandaUbuzima

Inzoga Z’Inkorano Zikomeje Kwangiza Ubuzima Bw’Abanyarwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?