Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhungu Wa Museveni Yagizwe Umugaba w’Ingabo Zirwanira Ku Butaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umuhungu Wa Museveni Yagizwe Umugaba w’Ingabo Zirwanira Ku Butaka

Last updated: 24 June 2021 2:05 pm
Share
SHARE

Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yagize umuhungu we Lt Gen Muhoozi Kainerugaba Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka. Yari asanzwe ari umuyobozi w’ingabo zidasanzwe, Special Forces Command.

Mu mpinduka zakozwe kuri uyu wa Kane, Kainerugaba yasimbuye Lt Gen Peter Elwelu wagizwe Umugaba wungirije w’Ingabo za Uganda, UPDF. Muri SFC yasimbuwe na Brig Peter Chandia wari usanzwe amwungirije.

Ni mu gihe Lt Gen Wilson Mbasu Mbadi wari usanzwe ari Umugaba wungirije wa UPDF yazamuwe mu ntera aba general, anagirwa Umugaba Mukuru. Yasimbuye Gen David Muhoozi uheruka kugirwa Umunyamabanga wa Leta ushinzwe umutekano mu gihugu.

Kainerugaba yagizwe Umuyobozi wa Special Forces mu Ukuboza umwaka ushize, ari nawo mutwe ubamo abasirikare barinda Umukuru w’Igihugu.

Yabaye Umuyobozi wa SFC inshuro ebyiri, anaba Umujyanama wa Perezida Museveni mu bikorwa bidasanzwe.

Gen Mbadi yagizwe Umugaba w’Ingabo za Uganda
Museveni yakoze impinduka mu bayobozi bakuru b’ingabo
TAGGED:featuredGen Muhoozi KainerugabaUgandaUPDFYoweri Kaguta Museveni
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article COVID-19: Abanyarwanda Bashishikarijwe Gukorera Hanze
Next Article Mu Rwanda Hagiye Kubakwa Ikigo Gikomeye Kigisha Ikoranabuhanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Harabura Iki Ngo Interineti Igere Hose?-Abadepite Babaza Ingabire

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

You Might Also Like

Ubukungu

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Imidugararo Y’Amatora Muri Cameroun Yatumye Ibiciro Muri Centrafrique Bizamuka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?