Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Frank Lampard Watozaga Chelsea Yirukanywe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Frank Lampard Watozaga Chelsea Yirukanywe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 January 2021 12:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Frank Lampard watozaga Chelsea yirukanywe asimbuzwa Thomas Tuchel, Lampard yari amaze amezi 18 atoza Chelsea.

Yagiye kuri aka kazi muri Nyakanga, 2019.

Abramovitch uyobora Chelsea niwe wafashe umwanzuro wo kwirukana Frank Lampard.

Frank James Lampard yavutse muri 1978, akinira Chelsea igihe kirekire.

Afatwa nk’umwe mu bakinnyi beza iriya kipe yagize mu bihe byahise, akaba yarakinaga hagati.

Chelsea yari imaze iminsi itsindwa, ubundi ikanganya.

Yatangiye kuyitoza afite umugambi w’uko itsinda ndetse biramuhira atsinda imikino ihuza amakipe yabaye aya mbere k’umugabane w’i Burayi.

Yatoje neza Chelsea ayigeza ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’igihugu mu Bwongereza kitwa FA Cup.

Yirukanywe Chelsea iri ku mwanya wa cyenda muri Shampiyona y’u Bwongereza, ikaba irushwa na Manchester United amanota 11.

Yirukanywe Shampiyona igeze ku munsi wa 19.

Frank Lampard yakiniye Chelsea mu gihe cy’imyaka 14 ni ukuvuga guhera muri 2001 kugeza muri 2015.

TAGGED:ChelseafeaturedLampard
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Ikintu Shaddy Boo ‘Afite Ku Mubiri’ Gikurura Platini, i Dubai ‘Yamwishyuye’ Arenga 1000$
Next Article U Burundi Buvuga Ko Bwamenye Icyo Bupfa N’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?