Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Frank Lampard Watozaga Chelsea Yirukanywe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Frank Lampard Watozaga Chelsea Yirukanywe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 January 2021 12:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Frank Lampard watozaga Chelsea yirukanywe asimbuzwa Thomas Tuchel, Lampard yari amaze amezi 18 atoza Chelsea.

Yagiye kuri aka kazi muri Nyakanga, 2019.

Abramovitch uyobora Chelsea niwe wafashe umwanzuro wo kwirukana Frank Lampard.

Frank James Lampard yavutse muri 1978, akinira Chelsea igihe kirekire.

Afatwa nk’umwe mu bakinnyi beza iriya kipe yagize mu bihe byahise, akaba yarakinaga hagati.

Chelsea yari imaze iminsi itsindwa, ubundi ikanganya.

Yatangiye kuyitoza afite umugambi w’uko itsinda ndetse biramuhira atsinda imikino ihuza amakipe yabaye aya mbere k’umugabane w’i Burayi.

Yatoje neza Chelsea ayigeza ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’igihugu mu Bwongereza kitwa FA Cup.

Yirukanywe Chelsea iri ku mwanya wa cyenda muri Shampiyona y’u Bwongereza, ikaba irushwa na Manchester United amanota 11.

Yirukanywe Shampiyona igeze ku munsi wa 19.

Frank Lampard yakiniye Chelsea mu gihe cy’imyaka 14 ni ukuvuga guhera muri 2001 kugeza muri 2015.

TAGGED:ChelseafeaturedLampard
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Ikintu Shaddy Boo ‘Afite Ku Mubiri’ Gikurura Platini, i Dubai ‘Yamwishyuye’ Arenga 1000$
Next Article U Burundi Buvuga Ko Bwamenye Icyo Bupfa N’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?