Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Frank Lampard Watozaga Chelsea Yirukanywe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Frank Lampard Watozaga Chelsea Yirukanywe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 January 2021 12:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Frank Lampard watozaga Chelsea yirukanywe asimbuzwa Thomas Tuchel, Lampard yari amaze amezi 18 atoza Chelsea.

Yagiye kuri aka kazi muri Nyakanga, 2019.

Abramovitch uyobora Chelsea niwe wafashe umwanzuro wo kwirukana Frank Lampard.

Frank James Lampard yavutse muri 1978, akinira Chelsea igihe kirekire.

Afatwa nk’umwe mu bakinnyi beza iriya kipe yagize mu bihe byahise, akaba yarakinaga hagati.

Chelsea yari imaze iminsi itsindwa, ubundi ikanganya.

Yatangiye kuyitoza afite umugambi w’uko itsinda ndetse biramuhira atsinda imikino ihuza amakipe yabaye aya mbere k’umugabane w’i Burayi.

Yatoje neza Chelsea ayigeza ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’igihugu mu Bwongereza kitwa FA Cup.

Yirukanywe Chelsea iri ku mwanya wa cyenda muri Shampiyona y’u Bwongereza, ikaba irushwa na Manchester United amanota 11.

Yirukanywe Shampiyona igeze ku munsi wa 19.

Frank Lampard yakiniye Chelsea mu gihe cy’imyaka 14 ni ukuvuga guhera muri 2001 kugeza muri 2015.

TAGGED:ChelseafeaturedLampard
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Ikintu Shaddy Boo ‘Afite Ku Mubiri’ Gikurura Platini, i Dubai ‘Yamwishyuye’ Arenga 1000$
Next Article U Burundi Buvuga Ko Bwamenye Icyo Bupfa N’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburayi Bwatanze Miliyoni € 2 Zo Gufasha Abo Muri Kivu Y’Amajyepfo

Minisitiri Ingabire Yabwiye Isi Uko u Rwanda Rwimakaje Ikoranabuhanga

Umusaruro Wa RSSB Wikubye Kabiri Mu Myaka Itatu

Uko DJ TOXXYK Yireguye Mbere Y’Uko Hemezwa Ko Afungwa By’Agateganyo

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Abasirikare N’Abapolisi B’u Rwanda Bari Muri UN 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Guverinoma Ya DRC Irashaka Kwisubiza Uvira Mu Buryo Bwuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoUbukungu

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?