Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gafotozi Ufatwa Nk’UWa Mbere Mu Rwanda Plaisir Muzogeye Yishimira Imyaka 11 Amaze Mu Kazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Gafotozi Ufatwa Nk’UWa Mbere Mu Rwanda Plaisir Muzogeye Yishimira Imyaka 11 Amaze Mu Kazi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 April 2022 2:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Yafotoye ibyamamare bikomeye mu Rwanda kandi bikora mu nzego zitandukanye. Kuri uyu wa Gatatu yizihije isabukuru y’imyaka 34 amaze avutse. Yavutse taliki 20, Mata,1988 avukira i Muhanga.

Muzogeye ni umugabo ugira urugwiro kuko abamuzi bose, haba abo biganye, abo bakoranye, ibyamamare yafotoye n’abo bakorana muri iki gihe bemeza ko nta nda y’umujinya agira.

Mu kiganiro yahaye Taarifa, Plaisir Muzogeye yavuze ko iyo afotoye buri gihe, akora uko ashoboye buri foto ye ikaza ari nziza uko bishoboka kose.

Muzogeye ari kumwe na Diamond

Abajijwe niba atajya akumbura ifoto y’umunsi yajyaga afatira kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda, Muzogeye yavuze ko n’ubusanzwe aba afite ifoto y’umunsi kandi azishyira ku mbuga ze nkoranyambaga.

Mu bushakashatsi bwa Taarifa kandi twasanze ari we gafotozi rukumbi mu Rwanda ifite urukuta rwa Twitter ruri ‘verified.’

Ibi bivuze ko ifoto afashe, iba ari igihangano cye, buri wese ku isi yakwizera.

Hari n’ibihembo yahawe by’uko ari we gafotozi witwara neza kurusha abandi mu Rwanda.

Ni ibihembo bita ‘Awards of Best Photographer in Rwanda.’

Yunzemo ati: “ …Amafoto yanjye yose ni meza kuko iteka mfata ifoto ifite icyo ivuga, gusa abantu bakunda mu butandukanye…”

Muzogeye muri iki gihe ni umwe mu bagize itsinda rifotorera Ibiro by’Umukuru w’Igihugu.

 

TAGGED:featuredGafotoziIbiroMuzogeyePlaisirUmukuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article BAL Igarutse Muri Kigali Arena
Next Article Hibutswe Umwamikazi Rosalie Gicanda Wishwe Muri Jenoside Yakorewe Abatutsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?