Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gakenke: Abantu Babiri Bishwe Na Gaz Baguye Mu Kirombe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gakenke: Abantu Babiri Bishwe Na Gaz Baguye Mu Kirombe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 February 2023 12:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge cya Cyabingo mu Karere ka Gakenke haravugwa urupfu rw’abagabo batatu bagiye gucukura amabuye y’agaciro bahuriramo na gazi ihitana babiri.

Ibi byago byabereye mu Mudugudu wa Murehe, Akagari ka Rukore muri Cyabingo.

Uwapfuye yitwa Biziyaremye Vedaste w’imyaka 31 na Ntambara Valérien w’imyaka 33 .

Uwarokotse icyo cyago ariko akahakomerekera ni uwitwa Sylvre Tuyambaze.

Aba bantu kandi bose bari abakozi b’ikigo gicukura amabuye y’agaciro kitwa EFFEMIRWA LTD, gifite ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro.

Uwakomeretse yajyanywe  ku Kigo nderabuzima cya Cyabingo n’aho imirambo y’abapfuye ijyanwa mu Bitaro bya Ruhengeri.

Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bukozwe mu buryo budakurikije amategeko bukunze guhitana ababukora.

Polisi n’inzego z’ibanze ikunze kubuza abaturage gukorana ubucukuzi nk’ubwo.

TAGGED:AmabuyefeaturedGakenkeGazi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rihanna N’Umugabo We Mu Byishimo By’Uko ‘Yongeye’ Gusama
Next Article Tour Du Rwanda: Umwongereza Atsinze Agace Ka Mbere Ka Rwamagana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?