Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gakenke: Abanyeshuri Bahiriye Mu Cyumba Bararamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gakenke: Abanyeshuri Bahiriye Mu Cyumba Bararamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 January 2024 12:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Kigo cy’amashuri cya EAV Rushashi mu Karere ka Gakenke habereye ibyago byatewe n’inkongi yadutse mu nzu abanyeshuri bararamo. Umwe muri bo yahitanywe nayo.

Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, Mukandayisenga Vestine yari yabwiye RBA ko hari gukorwa iperereza ku cyateye inkongi no kubarura ibyangirikiyemo.

Hagati aho turacyagerageza kuvugisha Ubuvugizi bwa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru ngo batubwire niba hari icyamenyekanye cyaba cyateye iriya nkongi ariko ntibaradusubiza.

Icyakora amakuru aravuga ko iyo nkongi yaba yatewe n’umuriro w’amashanyarazi waba batewe n’intsinga zakomanyeho kandi zikaba zari zishaje.

Iyo nkongi yatangiye saa cyenda za mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki, 20, Mutarama, 2023.

Umunyeshuri wapfuye akomoka muri Kayonza mu Ntara y’Uburasirazuba.

TAGGED:AbanyeshurifeaturedGakenkePolisiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gutegura Inyama Zo Kurya Bisaba Ubundi Buhanga
Next Article Rubagumya: Nyiri Stafford Coffee Ikorwamo N’Abafite Ubumuga Bwo Kutumva
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Ubukungu

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irashaka ‘Kugura’ Greenland

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

2025: Umwaka Ikawa Y’u Rwanda Yarwinjirije Amadolari Menshi Kurusha Indi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abagore 30 Mu Bakomando Ba RCS Batojwe Gutabara Aho Rukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?