Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gakenke: Abanyeshuri Bahiriye Mu Cyumba Bararamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gakenke: Abanyeshuri Bahiriye Mu Cyumba Bararamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 January 2024 12:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Kigo cy’amashuri cya EAV Rushashi mu Karere ka Gakenke habereye ibyago byatewe n’inkongi yadutse mu nzu abanyeshuri bararamo. Umwe muri bo yahitanywe nayo.

Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, Mukandayisenga Vestine yari yabwiye RBA ko hari gukorwa iperereza ku cyateye inkongi no kubarura ibyangirikiyemo.

Hagati aho turacyagerageza kuvugisha Ubuvugizi bwa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru ngo batubwire niba hari icyamenyekanye cyaba cyateye iriya nkongi ariko ntibaradusubiza.

Icyakora amakuru aravuga ko iyo nkongi yaba yatewe n’umuriro w’amashanyarazi waba batewe n’intsinga zakomanyeho kandi zikaba zari zishaje.

Iyo nkongi yatangiye saa cyenda za mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki, 20, Mutarama, 2023.

Umunyeshuri wapfuye akomoka muri Kayonza mu Ntara y’Uburasirazuba.

TAGGED:AbanyeshurifeaturedGakenkePolisiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gutegura Inyama Zo Kurya Bisaba Ubundi Buhanga
Next Article Rubagumya: Nyiri Stafford Coffee Ikorwamo N’Abafite Ubumuga Bwo Kutumva
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyarugenge: Baheze Muri Rigoli Nyuma Yo Gushikuza Umukobwa iPhone

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?