Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gakenke: Inkuba Yishe Umugabo N’Umwana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gakenke: Inkuba Yishe Umugabo N’Umwana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2023 4:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru Taarifa ifite avuga ko mu mvura yaguye ku masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Werurwe, 2023 yakubitiyemo inkuba yishe Cyprien Musabyimana wari ufite imyaka 52 y’amavuko.

Yari atuye mu Mudugudu wa Mbizi, Akagari ka Nganzo, Umurenge wa Gakenke.

Musabyimana yari afite umuryango w’abana barindwi.

Iriya nkuba yasenye kandi uruhande rumwe rw’inzu y’uriya mugabo, inzugi zangirika.

Mu gihe abo mu Murenge wa Gakenke batakaga iriya nkuba, mu Murenge wa Muyongwe naho haravugwa inkuru mbi y’urupfu rw’umwana wakubiswe n’inkuba.

Yitwaga Jean d’Amour Ndayishimiye akaba yari afite imyaka ine y’amavuko.

Uwo mwana ni mwene Théoneste Nshimiyimana.

Inkuba kandi yakomerekeje undi mwana w’imyaka itandatu witwa Flavien Habineza.

Habineza yajyanywe kuvurizwa ku Kigo nderabuzima cya Rwankuba.

Birashoboka ko hari n’ahandi mu Rwanda imvura yaguye kuri uyu wa Gatatu yangije.

Mu minsi ishize hari imvura irimo umuyaga yangije imyaka y’abaturage bo mu mirenge itandukanye ya Gakenke yari ihinze ku buso bwa hegitari nyinshi.

TAGGED:featuredGakenkeImvuraInkuba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Iri Kuzahura Umubano Na Ethiopia
Next Article Rusizi: Borojwe Inkoko Kugira Ngo Umwana Atazabura Igi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?