Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gakenke: Inkuba Yishe Umugabo N’Umwana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gakenke: Inkuba Yishe Umugabo N’Umwana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2023 4:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru Taarifa ifite avuga ko mu mvura yaguye ku masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Werurwe, 2023 yakubitiyemo inkuba yishe Cyprien Musabyimana wari ufite imyaka 52 y’amavuko.

Yari atuye mu Mudugudu wa Mbizi, Akagari ka Nganzo, Umurenge wa Gakenke.

Musabyimana yari afite umuryango w’abana barindwi.

Iriya nkuba yasenye kandi uruhande rumwe rw’inzu y’uriya mugabo, inzugi zangirika.

Mu gihe abo mu Murenge wa Gakenke batakaga iriya nkuba, mu Murenge wa Muyongwe naho haravugwa inkuru mbi y’urupfu rw’umwana wakubiswe n’inkuba.

Yitwaga Jean d’Amour Ndayishimiye akaba yari afite imyaka ine y’amavuko.

Uwo mwana ni mwene Théoneste Nshimiyimana.

Inkuba kandi yakomerekeje undi mwana w’imyaka itandatu witwa Flavien Habineza.

Habineza yajyanywe kuvurizwa ku Kigo nderabuzima cya Rwankuba.

Birashoboka ko hari n’ahandi mu Rwanda imvura yaguye kuri uyu wa Gatatu yangije.

Mu minsi ishize hari imvura irimo umuyaga yangije imyaka y’abaturage bo mu mirenge itandukanye ya Gakenke yari ihinze ku buso bwa hegitari nyinshi.

TAGGED:featuredGakenkeImvuraInkuba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Iri Kuzahura Umubano Na Ethiopia
Next Article Rusizi: Borojwe Inkoko Kugira Ngo Umwana Atazabura Igi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?