Mu mirenge ya Katabagemu, Nyagatare, Musheri na Matimba habaruwe hegitari 279 zari ziteyeho imyaka zangijwe n’umwuzure watewe n’imvura yaguye yuzuza umugezi w’Umuvumba. Imvura yaguye mu Majyaruguru...
Mu kiganiro Minisiteri y’ubutabazi ifatanyije n’izindi nzego yahaye itangazamakuru, yavuze ko ibiza byagwiriye u Rwanda mu minsi ishize byangije hegitari 2000 zari ziriho imyaka itandukanye kandi...
Imvura nyinshi imaze iminsi igwa mu bice bituranye na Muhanga na Ngororero yatumye umuhanda uhuza ibi bice ufungwa. Polisi ivuga ko wafunzwe mu rwego rwo kurinda...
Mu Murenge wa Kinyababa hari amakuru y’umugabo n’umugore we baraye batwawe n’amazi kugeza bakaba baburiwe irengero ubu ntibaraboneka. Umugabo yabonye umugore we arohamye, ajya kumurohora, ariko...
I Musanze haraye haguye imvura iremereye k’uburyo yasenye inzu 228, yangiza n’ibindi bikorwaremezo. Imibare yatangajwe kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru, ivuga ko iyo mvura yangije inzu...