Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gakenke: Umunyamakuru Yafungiwe Gutanga ‘Sheke Itazigamiwe’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gakenke: Umunyamakuru Yafungiwe Gutanga ‘Sheke Itazigamiwe’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 January 2024 11:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru avuga ko ku wa Gatanu taliki 26, Mutarama, 2024 ubugenzacyaha bwataye Honoré Umuhoza usanzwe ukorera ikinyamakuru Radio/Flash TV akekwaho guha umuntu sheke itazigamiwe.

Bivugwa ko hari umuntu yari arimo umwenda, amuha sheke itazigamiwe, ahita amujyana kuri RIB arashakishwa arafatwa.

Turacyagerageza kuvugana n’Ubuvugizi bw’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha ngo bugire icyo bubidutangarizaho.

Ku rundi ruhande, hari umwe mu bakozi ba Flash watubwiye ko Vumbika yafungiwe gutanga sheke itazigamiwe ya Frw 500,000.

Ngo yafatiwe muri Cyabingo mu Karere ka Gakenke ariko ajyanwa mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze aho umurega icyo cyaha yari atuye.

Si ubwa mbere uyu munyamakuru akaba na rwiyemezamirimo atawe muri yombi kubera ko muri Nzeri, 2023 nabwo yafunzwe[ aza kurekurwa nyuma y’aho gato] akurikiranyweho gukwirakwiza ibikorwa biteye isoni kubera ibiganiro yakoraga ku muyoboro we wa YouTube.

TAGGED:featuredShekeUbugenzacyahaUmuhozaUmunyamakuruVumbika
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Doumbouya Ati: ‘ Guinea N’u Rwanda Twabaye Umwe’
Next Article Kutitaba Ubugenzacyaha Byongera Ibyago Byo Gukurikiranwa Ufunzwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?