Kuri uyu wa Gatatu taliki 27, Nzeri, 2023 biteganyijwe ko Prof Jean Claude Harerimana wahoze uyobora Ikigo cy’igihugu cy’amakoperative, RCA, azitaba urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge. Ni...
Kubera ko ubutabera ari ubwa bose kandi mu buryo budaheza, abakozi b’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, bari kwigishwa ururimi rw’amarenga mu rwego rwo kumva no gufasha abafite ubumuga...
Mu Karere ka Gakenke haraye hafunguwe Isange One Stop Center ya gatatu iri ku bitaro bya Gatonde biri mu Murenge wa Mugunga. Ni iya gatatu kuko...
Umuvugizi wa RIB, Dr. Thierry B. Murangira yabwiye Taarifa ko kuba Prof Jean Bosco Harerimana yafashwe bidashingiye k’ukuba yaranze kwitaba Komisiyo y’Abadepite y’ubukungu, PAC, ahubwo ari...
Ibyavuye mu iperereza ry’Ubugenzacyaha bivuga ko kugeza ubu nta cyo bwashingiraho buvuga ko hari umuntu cyangwa abantu bafashije Denis Kazungu kwica abantu akurikiranyweho. Mu ibazwa nawe...