Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gari Ya Moshi Ebyiri Zagonganye Hapfa Abantu 50
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gari Ya Moshi Ebyiri Zagonganye Hapfa Abantu 50

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2021 2:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kugeza ubu Polisi ishinzwe umutekano mu muhanda muri Pakistan iri mu iperereza ryo  kumenya icyateye impanuka ya Gari ya Moshi ebyiri zagonganiye Islamabad mu murwa mukuru.

Kugeza ubu Polisi n’ingabo bari gukora uko bashoboye ngo barebe niba hari abarokotse kuko kugeza ubu hamaze kubarurwa abantu 70 bakomeretse bikomeye.

Amakuru ahari kugeza ubu avuga ko iriya mpanuka yatewe n’uko gari ya moshi y’ikigo Millat Express yarenze umuhanda yagenewe igwira indi.

Imwe yavaga ahitwa Karashi igana Sargodtha iza kugwa igeze Islamabad.

Ikinyamakuru cy’aho byabereye kitwa ARY News kivuga ko abenshi mu baguye muri iriya mpanuka ari abagore.

Minisitiri w’Intebe wa Pakistan Bwana Imran Khan yihanganishije ababuriye ababo muri iriya mpanuka.

Ikindi kandi ngo ni uko Minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu nawe yageze ahabereye iriya mpanuka, areba ibyabaye anihanganisha ababuze ababo.

Pakistan ni igihugu cyahoze gifatanye n’u Buhunde
TAGGED:featuredImpanukaPakistanPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Croix Rouge y’U Rwanda Yaremeye Abaturage Basaga 2500
Next Article Umunyamakuru Mecky Kayiranga Yasohoye ‘Indirimbo Ye Ya Mbere’ Y’Urukundo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Thailand Ipfa Iki Na Cambodia?

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

You Might Also Like

Imikino

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwanda Bumve Ko Batekanye- ACP Rutikanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?