Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Ivatiri Yataye Kaburimbo Igwa Mu Mugezi Igaramye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Ivatiri Yataye Kaburimbo Igwa Mu Mugezi Igaramye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 October 2022 4:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Saa Kumi n’ebyiri n’iminota mirongo ine n’itanu za mu  gitondo( 6h45’), abaturage batunguwe no kubona  ivatiri yagushije umugongo mu mugezi uri mu gishanga cya Kibagabaga. Yamanukaga Nyarutarama ijya Kibagabaga mu Murenge wa Kimironko iturutse Nyarutarama mu Murenge wa Remera.

Umuturage yatubwiye ko iriya modoka yahaciye nta bantu benshi bari mu muhanda kandi ngo ni Imana yabikoze kuko iyo biba bahari yari bugire abo ihitana.

Ati: “ Ni amahirwe twagize kuko iyo haza kuba hari abantu benshi bagenda mu muhanda ntiba yabuze abo ihitana.”

Umuvugizi w’ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda Senior Superintendent of Police ( SSP) Réné Irere  yabwiye Taarifa ko iriya mpanuka bayimenye ariko ngo abari bari muri iriya vatiri bavuyemo amahoro.

Byabereye hagati ya Nyarutarama na Kibagabaga

Ni abantu babiri.

Ivatiri ifite nomero iyiranga ya RAE 827 C.

Hari Indi modoka yaje ikura iriya vatiri mu mugezi iyijyana Kacyiru kugira ngo hashakishwe nyirayo hanyuma hazamenyekana n’icyaba cyateye iriya mpanuka.

Icyakora ngo harakekwa umuvuduko, ukaba ari wo waba watumye umushoferi adashobora kuyikata ngo ayigumishe mu muhanda ahubwo ikawurenga ikagwa mu kagezi igaramye.

TAGGED:IvatiriKibagabagaNyarutaramaPolisiUmugezi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa FERWACY Asobanura Impamvu Abanyarwanda Batsindiwe Muri Australia
Next Article Inguzanyo u Rwanda Rufata Zishyurwa Gute?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?