Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Ivatiri Yataye Kaburimbo Igwa Mu Mugezi Igaramye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Ivatiri Yataye Kaburimbo Igwa Mu Mugezi Igaramye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 October 2022 4:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Saa Kumi n’ebyiri n’iminota mirongo ine n’itanu za mu  gitondo( 6h45’), abaturage batunguwe no kubona  ivatiri yagushije umugongo mu mugezi uri mu gishanga cya Kibagabaga. Yamanukaga Nyarutarama ijya Kibagabaga mu Murenge wa Kimironko iturutse Nyarutarama mu Murenge wa Remera.

Umuturage yatubwiye ko iriya modoka yahaciye nta bantu benshi bari mu muhanda kandi ngo ni Imana yabikoze kuko iyo biba bahari yari bugire abo ihitana.

Ati: “ Ni amahirwe twagize kuko iyo haza kuba hari abantu benshi bagenda mu muhanda ntiba yabuze abo ihitana.”

Umuvugizi w’ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda Senior Superintendent of Police ( SSP) Réné Irere  yabwiye Taarifa ko iriya mpanuka bayimenye ariko ngo abari bari muri iriya vatiri bavuyemo amahoro.

Byabereye hagati ya Nyarutarama na Kibagabaga

Ni abantu babiri.

Ivatiri ifite nomero iyiranga ya RAE 827 C.

Hari Indi modoka yaje ikura iriya vatiri mu mugezi iyijyana Kacyiru kugira ngo hashakishwe nyirayo hanyuma hazamenyekana n’icyaba cyateye iriya mpanuka.

Icyakora ngo harakekwa umuvuduko, ukaba ari wo waba watumye umushoferi adashobora kuyikata ngo ayigumishe mu muhanda ahubwo ikawurenga ikagwa mu kagezi igaramye.

TAGGED:IvatiriKibagabagaNyarutaramaPolisiUmugezi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa FERWACY Asobanura Impamvu Abanyarwanda Batsindiwe Muri Australia
Next Article Inguzanyo u Rwanda Rufata Zishyurwa Gute?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?