Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Ivatiri Yataye Kaburimbo Igwa Mu Mugezi Igaramye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Ivatiri Yataye Kaburimbo Igwa Mu Mugezi Igaramye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 October 2022 4:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Saa Kumi n’ebyiri n’iminota mirongo ine n’itanu za mu  gitondo( 6h45’), abaturage batunguwe no kubona  ivatiri yagushije umugongo mu mugezi uri mu gishanga cya Kibagabaga. Yamanukaga Nyarutarama ijya Kibagabaga mu Murenge wa Kimironko iturutse Nyarutarama mu Murenge wa Remera.

Umuturage yatubwiye ko iriya modoka yahaciye nta bantu benshi bari mu muhanda kandi ngo ni Imana yabikoze kuko iyo biba bahari yari bugire abo ihitana.

Ati: “ Ni amahirwe twagize kuko iyo haza kuba hari abantu benshi bagenda mu muhanda ntiba yabuze abo ihitana.”

Umuvugizi w’ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda Senior Superintendent of Police ( SSP) Réné Irere  yabwiye Taarifa ko iriya mpanuka bayimenye ariko ngo abari bari muri iriya vatiri bavuyemo amahoro.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Byabereye hagati ya Nyarutarama na Kibagabaga

Ni abantu babiri.

Ivatiri ifite nomero iyiranga ya RAE 827 C.

Hari Indi modoka yaje ikura iriya vatiri mu mugezi iyijyana Kacyiru kugira ngo hashakishwe nyirayo hanyuma hazamenyekana n’icyaba cyateye iriya mpanuka.

Icyakora ngo harakekwa umuvuduko, ukaba ari wo waba watumye umushoferi adashobora kuyikata ngo ayigumishe mu muhanda ahubwo ikawurenga ikagwa mu kagezi igaramye.

TAGGED:IvatiriKibagabagaNyarutaramaPolisiUmugezi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa FERWACY Asobanura Impamvu Abanyarwanda Batsindiwe Muri Australia
Next Article Inguzanyo u Rwanda Rufata Zishyurwa Gute?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbutabera

Kigali: Mu Minsi 10 Polisi Imaze Gufata Ibilo 50 By’Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuyobozi Mukuru Wa Croix Rouge Ku Rwego Rw’Isi Yasuye u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?