Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Polisi Yafashe Umugabo Wishe Abantu Bane Muri 40 Yari Yarateganyije
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Polisi Yafashe Umugabo Wishe Abantu Bane Muri 40 Yari Yarateganyije

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 February 2023 3:14 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hafashimana Usto alias Yussuf ni umugabo ukomoka mu Karere ka Ngororero aza i Kigali gushaka imibereho ariko abikora yiba.

Yabwiye itangazamakuru ko yasangaga umuzamu asinziriye ahantu akamuca umutwe, ubundi akigendera.

Iyo byamukundiraga ngo yasigaga yibye aho ahantu ariko yabona bidakunda akigendera.

Avuga ko yari afite umugambi wo kwica abagera kuri 40 ariko akaba yatawe muri yombi atarabagezaho.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yussuf yaje mu Mujyi wa Kigali mu mwaka wa 2008 atangira kwiba mu mwaka wa 2012.

Amakuru avuga ko yigeze gufungwa mu gihe cy’imyaka ibiri azira ubujura.

Iperereza ry’ibanze ryerekanye ko Hafashimana w’imyaka 34, kwica aciye abantu imitwe aribwo buryo yakoreshaga kugira ngo abone uko atobora inzu z’abantu agiye kwiba.

Mu gihe cy’amezi abiri guhera mu Ukuboza 2022, Hafashimana yafashwe amaze kwica abantu bane, barimo babiri yishe aciye imitwe.

Yari acumbitse mu Murenge wa Nyamirambo.

- Advertisement -

Yicaga abantu akoresheje umuhoro.

Uwo niwo muhoro yakoreshaga akaraba inkaba

Bamwe mu barokotse ubu bwicanyi bavuga ko yabatemye baryamye ntibamenya uwo ariwe kuko yahitaga yiruka.

TAGGED:featuredGasaboNgororeroPolisiUmugaboUmuhoroUmwicanyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Video:Tshisekedi Yatakambiye EAC Force Ngo Ireke GUHENGAMIRA Kuri M23
Next Article Rwanda: Ukurikiranyweho Kwica Abantu Yikurikiranya Avuga Ko Babimuroze
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?