Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gaza: Ingabo Za Israel Zinjiye Mu Bitaro Guhiga Hamas
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gaza: Ingabo Za Israel Zinjiye Mu Bitaro Guhiga Hamas

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 November 2023 10:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatuye muri Gaza babwiye itangazamakuru ko biboneye ibifaro n’abakomando mu ngabo za Israel binjira mu bitaro binini bya Al-Shifa biri muri Gaza ngo bahahige abarwanyi ba Hamas bahihishe.

Hagati aho ubutegetsi bwa Joe Biden bwasabye Israel kwirinda kugira umurwayi cyangwa umurwaza igitana muri urwo rugamba.

Amerika ivuga ko isanganywe amakuru ahura n’ayo Israel ifite y’uko mu nzu yo hasi yo muri biriya bitaro hari ibiro bikuru bikorerwamo na Hamas.

BBC ivuga ko Hamas yo ibihakana, icyakora hari umuganga wakoze muri kiriya kigo uvuga ko mu nzu zo hasi yacyo hari urwobo rusange rwashyinguwemo abantu 200.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Intambara ya Israel na Hamas yatangiye taliki 07, Ukwakira, 2023 nyuma y’igitero gikomeye Hamas yagabye muri Israel ikica abaturage bayo bagera ku 1200, abandi 200 batwarwa bunyago.

Ku ruhande rwa Hamas, yo ivuga ko hari abantu 11,000 bamaze kwicwa n’ingabo za Israel kandi abenshi ni abana kuko bagera 4,500.

TAGGED:GazaIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article 90% Za Serivisi Mu Rwanda Zitangirwa Online- PM. Edouard Ngirente
Next Article Burundi: Miliyari $1,1 Ziva Mu Byinjira Mu Kigega Cya Leta Zirarigiswa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?