Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gen Muhoozi Kainerugaba Yasezeye Igisirikare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gen Muhoozi Kainerugaba Yasezeye Igisirikare

admin
Last updated: 08 March 2022 2:14 pm
admin
Share
SHARE

Umuhugu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko asezeye igisirikare yari amazemo imyaka 28.

Ni icyemezo kigiye ahabona nyuma y’igihe binugwanugwa ko ashaka kwinjira muri politiki mu buryo bweruye, cyane ko ahabwa amahirwe yo gusimbura se mu 2026.

Aheruka guhabwa na Museveni ishingano zo kugerageza gushakira umuti ibibazo bimaze iminsi hagati y’u Rwanda na Uganda, byaje no gutuma umupaka uhuza ibihugu byombi ufungwa. Mu minsi ishize waje gufungurwa.

Yanditse kuri Twitter ati “Nyuma y’imyaka 28 yanjye itangaje mu gisirikare, igisirikare cya mbere ku isi, nishimiye gutangaza ko ngiye mu kiruhuko. Njye n’abasirikare banjye twageze kuri byinshi ! Mfitiye urukundo n’icyubahiro abagabo n’abagore bageza Uganda kuri byinshi buri munsi.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

After 28 years of service in my glorious military, the greatest military in the world, I am happy to announce my retirement. Me and my soldiers have achieved so much! I have only love and respect for all those great men and women that achieve greatness for Uganda everyday.

— Muhoozi Kainerugaba (@mkainerugaba) March 8, 2022

Gen Muhoozi w’imyaka 47 asanzwe ari Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka. Yanayoboye umutwe udasanzwe w’ingabo za Uganda, Special Forces Command (SFC), ari na wo ushinzwe kurinda umukuru w’igihugu n’umuryango we.

Yize igisirikare mu mashuri atandukanye arimo mu Misiri, Leta zunze Ubumwe za Amerika, Afurika y’Epfo na Uganda.

 

TAGGED:featuredMuhoozi Kainerugaba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Ukraine Yabwiye Abaturanyi Be Kwitegura U Burusiya
Next Article Israel Yahaye Ikigo Cy’Abafite Ubumuga Cya Gatagara Amagare
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?