Umuhugu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko asezeye igisirikare yari amazemo imyaka 28. Ni icyemezo kigiye ahabona nyuma y’igihe binugwanugwa ko ashaka...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ku wa 31 Mutarama 2022 umupaka wa Gatuna uruhuza na Uganda uzafungurwa, nyuma yo gusanga hari ubushake bwo gukemura ibibazo bimaze...
Perezida Yoweri Museveni yakuye Maj Gen Abel Kandiko ku buyobozi bw’Urwego rushinzwe iperereza rya gisirikare (CMI), amusimbuza Maj Gen James Birungi. Hari amakuru ko Kandiho yoherejwe...
Leta y’u Rwanda yarekuye umusirikare wo mu Ngabo zidasanzwe za Uganda (Special Forces Command, SFC), waherukaga gufatirwa ku butaka bwarwo atabifitiye uburenganzira. Irekurwa rya Private Ronald...