Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gen Ndayirukiye Wari Mu Bagerageje Guhirika Perezida Nkurunziza Yaguye Muri Gereza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gen Ndayirukiye Wari Mu Bagerageje Guhirika Perezida Nkurunziza Yaguye Muri Gereza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 April 2021 7:20 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru ava mu Burundi yemeza ko Général Major Cyrille Ndayirukiye wari mu bahamijwe kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza, yaguye muri gereza.

Gen Ndayirukiye yaherukaga gukatirwa gufungwa burundu azira kugira uruhare muri kudeta (coup d’état) yapfubye mu 2015. Yari afungiwe muri gereza ya Gitega, ari naho yaguye.

Nta makuru menshi aratangazwa ku rupfu rwe.

Uyu mugabo wari Minisitiri w’Ingabo ku bwa Nkurunziza, afatwa nk’uwari uwa kabiri muri uwo mugambi wa kudeta, nyuma ya Gen Godefroid Niyombare utarafatwa.

Gen Ndayirukiye yapfuye bitunguranye mbere y’umunsi witezweho kurekurwaho imfungwa nyinshi, ku mbabazi za Perezida Evariste Ndayishimiye.

TAGGED:BurundifeaturedKudetaNdayirukiyeNdayishimiyeNkurunziza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article François Bozizé Aho Yihishe Abayeho Ate?
Next Article Touadéra Yiyemeje Korohereza Abanyarwanda Mu Bucuruzi Muri Centrafrique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?