Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: General Ndima Uyobora Kivu y’Amajyaruguru Yimuriye Icyicaro i Beni
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

General Ndima Uyobora Kivu y’Amajyaruguru Yimuriye Icyicaro i Beni

admin
Last updated: 18 July 2021 7:23 pm
admin
Share
SHARE

Guverineri wa gisirikare w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Lieutenant General Constant Ndima, yageze i Beni kuri uyu wa 17 Nyakanga, aho yimuriye by’igihe gito icyicaro cye gisanzwe i Goma.

Yatangaje ko ari icyemezo cyafashwe hagamijwe gukurikiranira hafi ibikorwa by’ingabo za Leta ku mitwe yitwaje intwaro, by’umwihariko inyeshyamba za ADF.

Yabwiye abaturage n’abasirikare ati “Muri aka kanya ngiye gukorera hano iruhande rwanyu, kugira ngo dufatanyije dukurikirane umwanzi. Mwanze gusiga agace kanyu, kandi twese hamwe ntabwo tuzigera dutererana agace kacu ka Beni.”

Lieutenant General Ndima ayobora Kivu ya Ruguru muri iki gihe iri mu bihe bidasanzwe byo guhangana n’imitwe yitwaje intwaro, guhera muri Gicurasi 2021.

Beni ni igice cyakunze kurangwamo ubugizi bwa nabi n’intambara bishingiye ku mitwe yitwaje intwaro.

TAGGED:ADFBeniGomaLieutenant General Constant Ndima
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu 239 Bafatiwe Ku Musozi Wa Kanyarira, 10 Basangwamo COVID-19
Next Article Kigali Yabonetsemo Abantu 2200 Basanzwemo COVID-19 Mu Munsi Umwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Nyagatare: Batashye Isoko Risakaye Bari Barifuje Igihe Kirekire

Urwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abayahudi Baruhumanyije

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Palestine Yimwe Visa Yo Kuzajya Muri Amerika Mu Nama Ya UN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC Ntishaka Ubuhuza Bwa Thabo Mbeki 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbukungu

Angola Igiye Kujya Itunganya Diyama Yose Icukura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?