Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gerayo Amahoro: Ubukangurambaga Bugarukanye Ingufu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gerayo Amahoro: Ubukangurambaga Bugarukanye Ingufu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 May 2023 7:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hirya no hino mu Rwanda, Polisi yaraye isubukuye mu buryo bufite ingufu, ubukangurambaga yise ‘Gerayo Amahoro’.

Bugamije kwibutsa abakoresha umuhanda bose ko iyo batarangaye, bakamenya koroherana no gukurikiza amategeko yose agenga umuhanda, bibarindira ubuzima.

Ni ubukungurambaga butangiye nyuma y’inama iherutse guhuza ubuyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda n’abanyamakuru, bakemeranya ko kwibutsa abantu ko umuhanda atari umuharuro ari umusanzu mwiza mu kurinda ubuzima bw’Abanyarwanda.

Muri iyo  nama Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa DIGP Vincent Sano yasabye Abanyarwanda kugira imyumvire y’uko umuhanda ari nyabagendwa kandi ko kugira ngo abawukoresha bose ubahire, ari ngombwa koroherana no kubaha amategeko awugenga.

Imyumvire Mibi Iri Mu Bitera Impanuka Zo Mu Muhanda-Polisi

Gerayo Amahoro ni gahunda ireba ibyiciro byose by’Abanyarwanda.

Mu kuyisubukura, Polisi yaraye yibanze mu kubwira abana bato ko kwambuka bitonze batiruka cyangwa ngo bafatane urunana ari byiza, ko babikurikije byabagirira akamaro.

Abiga mu mashuri yo hirya no hino mu Rwanda begerewe, baraganirizwa, bibutswa ko amagara iyo asesetse atayorwa.

Mu ntangiriro z’umwaka wa 2023, Polisi yatangaje ko abantu 500 ari bo baguye mu mpanuka zose zabereye mu Rwanda mu mwaka wa 2022.

Bivuze ko, mu buryo bw’impuzandengo, buri munsi hapfaga umuntu umwe azize impanuka.

Mu Ntara babwiwe na bo ko bagomba kwitwararika, abana bakareka gukinira umupira mu muhanda
Itangizwa ry’ubu bukangurambaga ryibanze cyane ku bana
Babwiwe ko umuhanda atari umuharuro
Bigishijwe uburyo bwiza bwo kwambuka umuhanda
Gahunda ni Gerayo Amahoro
Kwigisha ni uguhozaho: Abana babwiwe akamaro ku kubanza kwitonda mbere yo kwinjira mu muhanda
Abana babajijwe bimwe mu byo bazi mu gukoresha umuhanda babitangaho ibisubizo
TAGGED:AbanafeaturedGerayo AmahoroImpanukaPolisiSanoUmuhanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yitabiriye Inama Ihuza Qatar N’Inshuti Zayo
Next Article Ruhango: Yatemye Umukwe We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Huye: Abagabo Bane Bakurikiranyweho Gutema Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?