Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ghana Yabaye Iya Mbere Ibonye Inkingo za COVID Binyuze Muri COVAX
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Ghana Yabaye Iya Mbere Ibonye Inkingo za COVID Binyuze Muri COVAX

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 February 2021 11:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatatu  nibwo indege ya mbere itwaye inkingo za COVID-19  yageze Accra muri Ghana. Izo nkingo zihawe Ghana mu rwego rw’ubufatanye mpuzamahanga bugamije gufasha Isi kubona inkingo za kiriya cyorezo kimaze kwica benshi.

Iriya ndege yari izanye inkingo 600 000.

Ghana isanzwe ituwe n’abaturage barenga miliyoni 31.

Mbere y’uko yohererezwa ziriye nkingo, Ghana yabanje koherereza OMS/WHO inyandiko isobanutse yerekana uko izakoresha ziriya nkingo.

Iriya nyandiko ikubiyemo  uburyo abantu bazakingirwa, abazabakingira, imyambaro y’uburinzi, ahantu n’igihe gukingira bizakorerwa n’ibindi.

Inkingo 600 000 zageze muri Ghana zakozwe n’ikigo cya mbere ku isi gikora urukingo rwa COVID-19 ku bwinshi cyo mu Buhinde kitwa Serum Institute of India.

Indege yazigejeje i Accra yari yahagurutse i Mumbai ku wa Kabiri tariki 23, Gashyantare, 2021.

Umushinga wo gusaranganya inkingo wiswe COVID-19  biteganyijwe ko uzatanga inkingo miliyari 2.3.

Ikibabaje ni uko inkingo zirenga hafi ½ cyazo cyatwawe n’ibihugu bikize. Ibi byatangajwe na Kaminuza ya Duke.

TAGGED:COVAXfeatured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uvugwaho Kugurisha Umubiri w’Uwazize Jenoside Yarafunzwe
Next Article I Bugesera Huzuye Uruganda Rw’Amazi Ruzaha N’Umujyi Wa Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?