Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ghana Yabaye Iya Mbere Ibonye Inkingo za COVID Binyuze Muri COVAX
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Ghana Yabaye Iya Mbere Ibonye Inkingo za COVID Binyuze Muri COVAX

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 February 2021 11:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatatu  nibwo indege ya mbere itwaye inkingo za COVID-19  yageze Accra muri Ghana. Izo nkingo zihawe Ghana mu rwego rw’ubufatanye mpuzamahanga bugamije gufasha Isi kubona inkingo za kiriya cyorezo kimaze kwica benshi.

Iriya ndege yari izanye inkingo 600 000.

Ghana isanzwe ituwe n’abaturage barenga miliyoni 31.

Mbere y’uko yohererezwa ziriye nkingo, Ghana yabanje koherereza OMS/WHO inyandiko isobanutse yerekana uko izakoresha ziriya nkingo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iriya nyandiko ikubiyemo  uburyo abantu bazakingirwa, abazabakingira, imyambaro y’uburinzi, ahantu n’igihe gukingira bizakorerwa n’ibindi.

Inkingo 600 000 zageze muri Ghana zakozwe n’ikigo cya mbere ku isi gikora urukingo rwa COVID-19 ku bwinshi cyo mu Buhinde kitwa Serum Institute of India.

Indege yazigejeje i Accra yari yahagurutse i Mumbai ku wa Kabiri tariki 23, Gashyantare, 2021.

Umushinga wo gusaranganya inkingo wiswe COVID-19  biteganyijwe ko uzatanga inkingo miliyari 2.3.

Ikibabaje ni uko inkingo zirenga hafi ½ cyazo cyatwawe n’ibihugu bikize. Ibi byatangajwe na Kaminuza ya Duke.

- Advertisement -
TAGGED:COVAXfeatured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uvugwaho Kugurisha Umubiri w’Uwazize Jenoside Yarafunzwe
Next Article I Bugesera Huzuye Uruganda Rw’Amazi Ruzaha N’Umujyi Wa Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?