Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gicumbi: Aravugwaho Kurandura Imyaka Y’Uwarokotse Jenoside
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gicumbi: Aravugwaho Kurandura Imyaka Y’Uwarokotse Jenoside

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2024 10:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Bwisige mu Karere ka Gicumbi avuga ko yakorewe urugomo n’uwitwa Joseph Dusabimana wamuranduriye imyaka. Uyu yahise acika, ubu ari gushakishwa ngo abibazwe.

Uwo Dusabimana yiraye mu migozi y’ibijumba yo mu kwa Mubyariyeye na Mukagatsinzi Claudine arayirandura.

Si ukuyirandura gusa ahubwo ngo hari n’amagambo amukomeretsa yarengeyeho.

Kuri uyu wa Gatatu taliki 10, Mata, 2024 nibwo ibyo byaraye bibaye.

Bagenzi bacu ba UMUSEKE bamenye ko  uyu mugabo yaranduye imyaka  yari ihinze  ku buso bwa   2m²/2m² .

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 011, Mata, 2024 Mukagatsinzi Claudine yahuriye na Dusabimana Joseph hafi y’iwe amubajije icyamuteye kumurandurira imigozi, undi amubwira ko iyo amusanga ari kuyitera ngo yari kumutabamo kandi ngo n’abafungishije bakoze Jenoside barafunguwe.

Uyu Dusabimana Joseph yahise amanuka mu mashyamba kandi kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru yari ataraboneka.

Umuyobozi  w’agateganyo w’Akarere ka Gicumbi witwa Uwera Parfaite nawe yemeje iby’ayo makuru.

TAGGED:AkarerefeaturedGicumbiIbijumbaJenoside
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bwa Mbere Ubumwe Bw’Uburayi Bwibutse Jenoside Yakorewe Abatutsi
Next Article Haratutumba Intambara Yeruye Hagati Ya Iran Na Israel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?