Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gicumbi: Aravugwaho Kurandura Imyaka Y’Uwarokotse Jenoside
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gicumbi: Aravugwaho Kurandura Imyaka Y’Uwarokotse Jenoside

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2024 10:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Bwisige mu Karere ka Gicumbi avuga ko yakorewe urugomo n’uwitwa Joseph Dusabimana wamuranduriye imyaka. Uyu yahise acika, ubu ari gushakishwa ngo abibazwe.

Uwo Dusabimana yiraye mu migozi y’ibijumba yo mu kwa Mubyariyeye na Mukagatsinzi Claudine arayirandura.

Si ukuyirandura gusa ahubwo ngo hari n’amagambo amukomeretsa yarengeyeho.

Kuri uyu wa Gatatu taliki 10, Mata, 2024 nibwo ibyo byaraye bibaye.

Bagenzi bacu ba UMUSEKE bamenye ko  uyu mugabo yaranduye imyaka  yari ihinze  ku buso bwa   2m²/2m² .

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 011, Mata, 2024 Mukagatsinzi Claudine yahuriye na Dusabimana Joseph hafi y’iwe amubajije icyamuteye kumurandurira imigozi, undi amubwira ko iyo amusanga ari kuyitera ngo yari kumutabamo kandi ngo n’abafungishije bakoze Jenoside barafunguwe.

Uyu Dusabimana Joseph yahise amanuka mu mashyamba kandi kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru yari ataraboneka.

Umuyobozi  w’agateganyo w’Akarere ka Gicumbi witwa Uwera Parfaite nawe yemeje iby’ayo makuru.

TAGGED:AkarerefeaturedGicumbiIbijumbaJenoside
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bwa Mbere Ubumwe Bw’Uburayi Bwibutse Jenoside Yakorewe Abatutsi
Next Article Haratutumba Intambara Yeruye Hagati Ya Iran Na Israel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?