Dr Isaïe Mushimiyimana yari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda. Bamusanze yapfiriye mu ntebe, iwe mu Karere ka Musanze. Yari atuye mu murenge wa Musanze muri aka karere....
Akarere ka Gakenke kari kubakwamo imihanda ya kaburimbo ifite uburebure bwa Kilometero 101. Iyi mihanda irimo n’uzahuza Imirenge ya Gicuba na Janja kandi abayituye bakazajya bagera...
Raporo yakozwe n’inzego za Leta zirimo n’iz’ubugenzacyaha yagaragaje ko Minisiteri y’ubuhinzi yahaye uturere ifumbire kugira ngo tuyihe abahinzi kandi dukurikirane uko izashyurwa. Iyaburiwe irengero igera hafi...