Appolinaire Nzirorera yatawe muri yombi na Polisi nyuma y’uko agiye gusuzimisha ubuziranenge bw’imodoka, bamupima bagasanga yari yanyweye inzoga. Ni umugabo w’imyaka 58 y’amavuko. Yafatiwe mu kigo...
Umunsi wa 17 wa Shampiyona, ikipe ya Rwamagana City FC yakiriye ku kibuga cy’Akarere ka Ngoma, ihatsindira ikipe y’Umujyi wa Kigali AS Kigali igitego 1-0. Yahise...
Inzego z’umutekano hamwe n’iz’ibanze ziri guhigira hasi kubura hejuru abagizi ba nabi bitwikiriye ijoro batera abaturage ibyuma. Abagabo bane nibo bakomerekejwe na bariya bagizi ba nabi...
Mu Murenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke hari ababyeyi bavuga ko batagihabwa amafaranga y’imfashabere. Ingaruka ni uko imikurire y’abana babo yahazahariye. Muri Mata, 2022 nibwo...
Mu karere ka Kirehe hari isoko ryambukiranya imipaka rimaze imyaka itanu ryuzuye ariko ntirirema. Ni isoko riri ku Rusumo ku mupaka uhuza u Rwanda na Tanzania....