Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘Gira Iwawe’: Gahunda Yo Guha Abarimu Inzu Zihendutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

‘Gira Iwawe’: Gahunda Yo Guha Abarimu Inzu Zihendutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2023 3:23 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Image of female's left-hand opening / closing a door, touching, holding, pushing a chrome door handle during the Coronavirus pandemic.
SHARE

Banki Nyarwanda y’iterambere, BRD, yasinyanye amasezerano na Umwarimu SACCO yo kuzafasha abarimu gutunga inzu zabo binyuze mu cyo bise ‘Gira Iwawe’.

Hari hasanzwe gahunda yo gutanga inguzanyo ifasha abarimu kubona amacumbi ku nyungu ya 11% akishyurwa mu gihe cy’imyaka 12.

Ayasinywe kuri uyu wa Mbere taliki 13, Werurwe, 2023 hamwe n’ubuyobozi bw’Umwarimu SACCO  avuga ko abarimu benshi bazabona iriya nguzanyo ikazishyurwa mu myaka 15.

Ku ikubitiro, BRD yashyize muri iyi gahunda Miliyari Frw 20 zizafasha abarimu 1900 basabye inguzanyo yo kubaka.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Bahererekanya amasezerano y’iby’imikoranire kuri aya mafaranga

Gufasha abarimu kubona inzu baturamo bitangajwe nyuma y’amezi arindwi Guverinoma y’u Rwanda itangaje ko hari Miliyari Frw 5 zo gushyira mu kigega giha abarimu inguzanyo kitwa Umwarimu SACCO.

Icyo gihe hari ku munsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana akamaro ka mwarimu.

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente icyo gihe yavuze ko Guverinoma y’u Rwanda kandi yari iherutse kungerera  abarimu umushahara bitewe n’impamyabumenyi bahemberwaga ho.

Yatangaje ko byemejwe mu rwego rwo gufasha abarimu kugira imibereho myiza, harimo ko umwarimu ukorera kandi agahemberwa ku  mpamyabumenyi y’amashuri yisumbuye (A2) yongerewe  Frw 50.849  ku mushahara utahanwa yahembwaga.

Umwarimu ukorera kandi agahemberwa ku  mpamyabumenyi y’icyiciro cya mbere cya Kaminuza (A1)  yongerewe Frw 44.966  ku mushahara utahanwa  yahembwaga.

- Advertisement -

Umwarimu ukorera kandi agahemberwa ku  mpamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya Kaminuza (A0)  yongerewe Frw 74.544  ku mushahara  utahanwa yahembwaga.

Hongerewe kandi umushahara utahanwa w’abayobozi  b’amashuri, abayobozi bungirije n’abandi bakozi bo mu  bigo by’amashuri ya Leta n’afatanya na Leta ku  bw’amasezerano.

Guverinoma Igiye Gushyira Miliyari Frw 5 Mu Kigega SACCO

TAGGED:BRDInzuMwarimuSACCOUmwenda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imyanzuro Y’Umushyikirano: Gukemura Ikibazo Cya Internet Itihuta, Ikibazo cya Bisi…
Next Article Ibisanduku Bizubakwamo Inganda Z’Inkingo Byageze Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Urumogi Rugeze Kure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Buri Karere Kazashyirwamo Ikigo Cya TVET Cy’Ikitegererezo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?