Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gisagara:Arashakishwa Nyuma Y’Uko Yishe Umugore We
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Gisagara:Arashakishwa Nyuma Y’Uko Yishe Umugore We

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 January 2024 6:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Siborurema Jean de Dieu w’imyaka 35 wo mu Karere ka Gisagara aracyekwaho kwica umugore witwa Uwingeneye w’imyaka 24 agahita atoroka.

Byabaye mu gicuku cyo ku wa 21 rishyira 22 Mutarama 2024 saa saba (1:00am ),bibera mu Murenge wa Nyanza, Akagari ka Higiro, Umudugudu wa Ruvugizo.

Umuyobozi w’Akarere ka Gisagara, Rutaburingoga Jerome yabwiye itangazamakuru ko uyu muryango wari usanzwe ubana mu makimbirane aterwa n’ubusinzi.

Rutaburingoga avuga ko ukekwa ari gushakishwa ngo ashyikirizwe ubutabera.

Ati :“Babanaga mu makimbirane. Babagiriye inama kenshi ariko ikibazo cyari ubusinzi buri ku mpande zombi none birangiye amwishe. Kubera ko hari nijoro yahise acika, ariko aka kanya arimo arashakishwa kandi turizera ko azaboneka akazashyikirizwa ubutabera.”

Meya Rutaburingoga yasabye ko niba abantu batagize ibyo bumvikana, bakwiye gutandukana hakiri kare aho kuvutsa undi ubuzima.

Amakuru avuga ko bombi babanaga mu buryo bunyuranye n’amaegeko.

Umurambo wa nyakwigendera wahise ujyanwa mu Bitaro bya kibilizi gukorerwa isuzuma.

Ifoto@UMUSEKE.RW

TAGGED:featuredGisagaraKwicaUmugaboUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Pakistan Iragura Ubucuruzi N’u Rwanda
Next Article Rwanda Rwikomye Ndayishimiye Ushaka Kuzana Amacakubiri Mu Banyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?