Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gisagara:Arashakishwa Nyuma Y’Uko Yishe Umugore We
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Gisagara:Arashakishwa Nyuma Y’Uko Yishe Umugore We

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 January 2024 6:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Siborurema Jean de Dieu w’imyaka 35 wo mu Karere ka Gisagara aracyekwaho kwica umugore witwa Uwingeneye w’imyaka 24 agahita atoroka.

Byabaye mu gicuku cyo ku wa 21 rishyira 22 Mutarama 2024 saa saba (1:00am ),bibera mu Murenge wa Nyanza, Akagari ka Higiro, Umudugudu wa Ruvugizo.

Umuyobozi w’Akarere ka Gisagara, Rutaburingoga Jerome yabwiye itangazamakuru ko uyu muryango wari usanzwe ubana mu makimbirane aterwa n’ubusinzi.

Rutaburingoga avuga ko ukekwa ari gushakishwa ngo ashyikirizwe ubutabera.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati :“Babanaga mu makimbirane. Babagiriye inama kenshi ariko ikibazo cyari ubusinzi buri ku mpande zombi none birangiye amwishe. Kubera ko hari nijoro yahise acika, ariko aka kanya arimo arashakishwa kandi turizera ko azaboneka akazashyikirizwa ubutabera.”

Meya Rutaburingoga yasabye ko niba abantu batagize ibyo bumvikana, bakwiye gutandukana hakiri kare aho kuvutsa undi ubuzima.

Amakuru avuga ko bombi babanaga mu buryo bunyuranye n’amaegeko.

Umurambo wa nyakwigendera wahise ujyanwa mu Bitaro bya kibilizi gukorerwa isuzuma.

[email protected]

- Advertisement -
TAGGED:featuredGisagaraKwicaUmugaboUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Pakistan Iragura Ubucuruzi N’u Rwanda
Next Article Rwanda Rwikomye Ndayishimiye Ushaka Kuzana Amacakubiri Mu Banyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Aratangira Inshingano Ze Ku Mugaragaro

Kagame Yaganiye Na NBA Africa Uko Basket Yatezwa Imbere Kurushaho

Israel Yatangije Ibitero Bikomeye Kuri Gaza

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Iraburira Abajya Gusenga Bakibwa Telefone

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?