Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: GISUPUSUPU Yafunzwe Akurikiranyweho Gufata Umwana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

GISUPUSUPU Yafunzwe Akurikiranyweho Gufata Umwana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 June 2021 5:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urwego rw’Ubugenzacyaha rwafunze Umugabo witwa NSENGIYUMVA FRANCOIS w’imyaka 44 uzwi nka GISUPUSUPU akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 13 n’icyaha cyo GUKORESHA UMWANA IMIRIMO IVUNANYE.

RIB ivuga ko yari yaramugize umukozi wo mu rugo.
Ibyo byaha ngo yabikoze tariki ya 18/06/2021 mu Karere ka Gatsibo, Umurenge wa Kiziguro, Akagari ka Rubona, Umudugudu wa Rubaya. Afungiye kuri station ya RIB ya Kiziguro.

Ngo yamaze kumenya ko byamenyekanye agumya kugenda yihishahisha aza gufatirwa Kiramuruzi.

Amategeko avuga ko GUSAMBANYA UMWANA bihanwa N’INGINGO YI 133 y’Itegeko N068/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange.

Iyo GUSAMBANYA UMWANA BYAKOREWE KU MWANA URI MUNSI Y’IMYAKA CUMI N’INE (14) igifungo cya BURUNDU KIDASHOBORA kugabanywa kubera impamvu nyoroshyacyaha.

Icyaha cyo GUKORESHA IMIRIMO Y’AGAHATO, UBUCAKARA CYANGWA INDI MIRIMO IFITANYE ISANO NA BYO gihanwa N’INGINGO YA 22 y’itegeko Nº 51/2018 ryo ku wa 13/08/2018 ryerekeye gukumira, kurwanya no guhana icuruzwa ry’abantu no gushakira inyungu mu bandi.

Iyo ICYAHA GIKOREWE UMWANA, UNDI MUNTU WESE UDAFITE UBUSHOBOZI BWO KWIRWANAHO NK’UMUGORE UTWITE CYANGWA UMUNTU UFITE UBUMUGA, ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka 10 ariko kitarenze 15 n’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya 10,000,000 FRW ariko atarenze 15,000,000 FRW.

 

TAGGED:featuredGisupusupuRIBUbugenzacyaha
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda: Abantu Barenga 800 Batewe Inkingo Za COVID-19 Za Magendu
Next Article Uburayi Mu Bufatanye ‘Buhamye’ Bwo Kubaka Uruganda Rw’Inkingo Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?