Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Goma: “Bongeye” Gutwika Ibendera Ry’Amerika Bavuga Ko Ishyigikiye u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Goma: “Bongeye” Gutwika Ibendera Ry’Amerika Bavuga Ko Ishyigikiye u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 February 2024 2:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urubyiruko rw’i Goma rwatangije imyigaragambyo aho rwamagana Leta zunze ubumwe z’Amerika n’Umuryango mpuzamahanga muri rusange bawushinja ko wirengagiza nkana ubushotoranyi bavuga ko bukorwa n’u Rwanda.

Ibi babikoze nyuma y’uko mu byumweru bishize, hari abandi bnabo batwitse iri bendera ry’Amerika bavuga ko ikorana n’u Rwanda na Uganda mu kubakingira ikibaba no kubashyigikira mu gusahura DRC.

Uwari uyoboye abigarambyaga icyo gihe yavugaga ko mu bihe bitandukanye Amerika yagaragaje ko idashyigikiye ibibera muri kiriya gihugu ariko ngo bo basanze ari urwiyerurutso.

Amashusho icyo gihe bashyize kuri X yagaragazaga abantu benshi biganjemo urubyiruko bicaye bateze amatwi uwo muntu wababwiraga ibibi by’Amerika mu Ilingala.

Icyo yababazaga bamusubizaga mu ijwi riranguruye bamushyigikiye.

Go back

Your message has been sent

Warning
Warning
Warning
Warning

Warning.

TAGGED:AmerikaIbenderaUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tour Du Rwanda 16: Abakinnyi Bajyaga Kibeho Bakoze Impanuka
Next Article Umunya Israel Yatwaye Agace Ka Muhanga- Kibeho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?