Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gufata Ibipimo Mu Majyepfo Biri Gutuma Tubona Benshi Banduye-Dr Nsanzimana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Gufata Ibipimo Mu Majyepfo Biri Gutuma Tubona Benshi Banduye-Dr Nsanzimana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 April 2021 9:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana avuga mu Ntara y’Amajyepfo ari ho hakiboneka abanduye COVID-19 benshi, bigaterwa n’uko bari gupima abantu benshi bakabasangana ubwandu.

RBC iri gupima abantu byibura 50 muri buri kagari kagize imirenge y’Uturere dutandatu mu turere turindwi tw’iriya ntara.

Inama iheruka guterana ngo isuzumire hamwe uko ubwandu bwifashe mu Rwanda ifate n’ingamba mu gukomeza kurwanya kiriya cyorezo yanzuye ko abatuye uturere twa Ruhango, Muhanga, Nyanza, Huye, Gisagara, Nyaruguru na Nyamagabe bagomba kuba bageze mu ngo zabo saa moya z’ijoro.

Byemejwe nyuma y’uko abatuye Huye, Gisagara na Nyanza bari bamaze ibyumweru bibiri batemerewe kurenga imbibi z’uturere twabo, kuri bo hakiyongeraho abo mu Karere ka Bugesera.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hagati aho hari abagabo babiri baraye bishwe na kiriya cyorezo barimo umwe w’i Nyanza w’imyaka 83 n’undi wo muri Huye w’imyaka 40 y’amavuko.

Dr Nsanzimana
TAGGED:AbanduyeCOVID-19featuredRBC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abashinwa Bubaka Mu Buryo Budasanzwe, Iwabo Bikaba Akataraboneka!
Next Article Ibyo Wamenya Ku Mwarimu Wa Kaminuza Y’U Rwanda Basanze Yapfuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?