Ni umubare uri hejuru kuko bivuze ko mu Banyarwanda batanu, umwe aba afite ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe. Ubu bushakashatsi bwaraye butangajwe n’abakozi b’Ikigo cy’Igihugu cy’ubuzima,...
Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana avuga mu Ntara y’Amajyepfo ari ho hakiboneka abanduye COVID-19 benshi, bigaterwa n’uko bari gupima abantu benshi bakabasangana ubwandu....
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko kigiye gupima icyorezo za COVID-19 mu bantu bagera ku 2000, hasuzumwa urwego kiriho mu Mujyi wa Kigali. Ni uburyo bumaze...
Ubutumwa bugufi RBC yashyize kuri Twitter yifuriza Abanyarwanda umunsi mwiza w’abakundana, yabibukije ko urukundo rwaba rwiza buri wese arinze undi kwandura COVID-19. Buriya butumwa buragira buti:...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’ubuzima RBC bwatangaje ko buri burangire gupima abatuye Umujyi wa Kigali kibasanze ku biro by’Utugari. Abafite ibimenyetso bya COVID-19 n’ibisa nabyo nibo bari...