Dr.Jean Claude Semuto Ngabonziza ni Umyunyarwanda w’imyaka 40 y’amavuko. Aherutse kuvumbura ubwoko butari buzwi bw’agakoko gatera igituntu kandi avumbura n’uburyo bwo kukarwanya. Ni ibintu avuga ko...
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwarekuye by’agateganyo abakozi b’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC, bakurikiranwagaho gutanga isoko rya miliyari eshatu z’amafaranga y’u Rwanda (Miliyari Fw 3)k’umukozi mugenzi wabo. Ni...
Amaraso nirwo rugingo izindi zikenera kugira ngo zigerweho n’intungamubiri zikeneye kugira ngo zikore kandi zikure. Ku rundi ruhande ariko, amaraso ubwayo ni urugingo rushobora no kurwara....
Mu Karere ka Nyaruguru hari ikibazo cy’uko hari abana barwaye bwaki kubera imirire nkene kandi ababyeyi babo ari abakozi ba Leta. Abakozi b’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC,...
Dr Thierry B.Murangira avuga ko mu gihe kingana n’umwaka, ni ukuvuga guhera muri Nyakanga, 2020 kugeza muri Kamena, 2021, Abanyarwanda 285 biyahuye. Ubusanzwe kwiyahura ni ikibazo...