Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gusana Ukraine Bizatwara Miliyari $ 411
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gusana Ukraine Bizatwara Miliyari $ 411

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 March 2023 6:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Banki y’Isi yatangaje ko intambara y’u Burusiya na Ukraine irangiye mu mpera za Werurwe, 2023, byasaba Miliyari $ 411 ngo isanwe.

Ukraine yatangijwemo intambara n’u Burusiya muri Gashyantare, 2023, hari taliki 24, bivuze ko imaze umwaka umwe n’iminsi mike itangiye.

Iby’uko byasaba iriya ngengo y’imari byatangajwe na Banki y’Isi ifatanyije n’Umuryango w’Abibumbye  na Guverinoma ya Ukraine.

Mu gihe intambara igikomeje, inzego zatangaje iriya ngengo y’imari, zavuze ko hari miliyari $14 zigomba kubona bitarenze umwaka wa 2023 kugira ngo byibura andi azaze agira ayo asanga.

Nta kigega kihariye kirashyirirwaho kuzasana Ukraine ariko hari amakuru avuga ko kiri gutekerezwa.

Intego ni uko bimwe mu bikorwa byasenywe n’intambara y’u Burusiya na Ukraine byatangira gusanwa nk’uko RFI yabyanditse.

TAGGED:AmadolariBurusiyaImariIntambaraUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sena Yabajije Inzego Za Siporo ‘Itegura’ Rivugwa Mu Mupira W’Amaguru
Next Article Bigoranye, U Rwanda Rwanganyije Na Benin Ku Mukino Wa Mbere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu mahanga

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?