Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gusudira Nibyo Byatwitse Kwa Rutangarwamaboko- Polisi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Gusudira Nibyo Byatwitse Kwa Rutangarwamaboko- Polisi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 February 2024 1:30 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali Superintendent of Police ( SP) Sylvestre Twajamahoro yabwiye Taarifa ko inkongi yatwitse imwe mu nzu zo kwa Rutangarwamaboko yatewe n’abasudiraga umureko.

Avuga ko iyi nkongi yatangiye saa 11:20 z’amanywa, ubwo abantu basudiraga umureko w’imwe mu nzu z’uyu mupfumu uzwi kurusha abandi mu Rwanda.

SP Twajamahoro avuga ko iyo nkongi yageze no ku kazu gato abantu baruhukiramo bita bingalo ariko ngo ishami rya Polisi rishinzwe ubutabazi ryaje rirahazimya.

Yasabye abaturage kujya batabaza mu gihe cyose babonye umuriro wadutse ahantu runaka, kandi bakirinda gutinda kubikora.

Rutangarwamaboko

Ku bw’amahirwe, nta muntu wahiriye muri iyo nzu cyangwa muri iriya bingalo.

Kwa Rutangarwamaboko Umupfumu Hahiye

TAGGED:featuredInkongiPolisiRutangarwamabokoUmupfumu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kwa Rutangarwamaboko Umupfumu Hahiye
Next Article Bemba Yasuye Goma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?