Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gutsinda Argentine Byatumye Arabie Saoudite Ikoresha Umunsi Mukuru
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Gutsinda Argentine Byatumye Arabie Saoudite Ikoresha Umunsi Mukuru

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 December 2022 7:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Arabie Saoudite yakoze ibyo benshi batayitekerezagaho
SHARE

Ni intsinzi ikomeye kuri Arabie Saoudite. Umwami w’iki gihugu yahaye abaturage be bose ikiruhuko, Kaminuza n’ibigo bya Leta bose bararuhuka kugira ngo bishimire intsinzi y’akataraboneka mu mateka y’iki gihugu.

Ikinyamakuru kitwa Arab News cyatangaje ko Umwami Salmane wa Arabie Saoudite yategetse umuhungu we ari nawe uzamusimbura ku ngoma ko agomba gutangariza abaturage ko bahawe ikiruhuko.

Igikomangoma Mohammed Bin Salmane niwe wari uhagarariye umwami Salmane muri uriya mukino.

Yari yicaranye na Perezida wa FIFA Gianni Infantino.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umufaransa utoza Ikipe ya Arabie Saoudite witwa Hervé Renard yavuze ko intsinzi ye n’ikipe ye igomba kuzakomeza kwandika mu mateka ko we n’abahungu be bakoze ibintu by’indashyikirwa.

Ngo gutsinda Argentine ya Lionel Messi yari imaze imikino 36 y’igikombe cy’isi yakinnye mu bihe bitandukanye kandi idatsindwa, ngo ni ikintu gikomeye.

Avuga ko kuba Argentine isanzwe itwara ibikombe by’irushanwa rya Cop Amerika ari ikindi kintu gikomeye giha Argentine ubudahangarwa.

Arabie Saoudite yaherukaga gutsinda ikipe ikomeye ku rwego rw’isi mu mwaka wa 1994 ubwo yatsindaga u Bubiligi 1-0.

TAGGED:ArabiefeaturedIgikombeIsiSaoudite
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Papa Yirukanye Ubuyobozi Bukuru Bwa Caritas
Next Article Diamond Aranugwanugwa Kugaruka i Kigali Mu Gitaramo Kirangiza Umwaka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?