Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gutsinda Argentine Byatumye Arabie Saoudite Ikoresha Umunsi Mukuru
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Gutsinda Argentine Byatumye Arabie Saoudite Ikoresha Umunsi Mukuru

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 December 2022 7:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Arabie Saoudite yakoze ibyo benshi batayitekerezagaho
SHARE

Ni intsinzi ikomeye kuri Arabie Saoudite. Umwami w’iki gihugu yahaye abaturage be bose ikiruhuko, Kaminuza n’ibigo bya Leta bose bararuhuka kugira ngo bishimire intsinzi y’akataraboneka mu mateka y’iki gihugu.

Ikinyamakuru kitwa Arab News cyatangaje ko Umwami Salmane wa Arabie Saoudite yategetse umuhungu we ari nawe uzamusimbura ku ngoma ko agomba gutangariza abaturage ko bahawe ikiruhuko.

Igikomangoma Mohammed Bin Salmane niwe wari uhagarariye umwami Salmane muri uriya mukino.

Yari yicaranye na Perezida wa FIFA Gianni Infantino.

Umufaransa utoza Ikipe ya Arabie Saoudite witwa Hervé Renard yavuze ko intsinzi ye n’ikipe ye igomba kuzakomeza kwandika mu mateka ko we n’abahungu be bakoze ibintu by’indashyikirwa.

Ngo gutsinda Argentine ya Lionel Messi yari imaze imikino 36 y’igikombe cy’isi yakinnye mu bihe bitandukanye kandi idatsindwa, ngo ni ikintu gikomeye.

Avuga ko kuba Argentine isanzwe itwara ibikombe by’irushanwa rya Cop Amerika ari ikindi kintu gikomeye giha Argentine ubudahangarwa.

Arabie Saoudite yaherukaga gutsinda ikipe ikomeye ku rwego rw’isi mu mwaka wa 1994 ubwo yatsindaga u Bubiligi 1-0.

TAGGED:ArabiefeaturedIgikombeIsiSaoudite
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Papa Yirukanye Ubuyobozi Bukuru Bwa Caritas
Next Article Diamond Aranugwanugwa Kugaruka i Kigali Mu Gitaramo Kirangiza Umwaka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?