Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverinoma Y’u Rwanda Irashaka Ko Ingengo Y’Imari Yongerwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Guverinoma Y’u Rwanda Irashaka Ko Ingengo Y’Imari Yongerwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 May 2024 3:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Minisitiri w'imari n'igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana
SHARE

Mu minsi mike ishize, Guverinoma Y’u Rwanda yagejeje ku Nteko ishinga amategeko, imitwe yombi, inyandiko isobanura iby’uko ingengo y’Imari yongerwa.

Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yavuze ko intego ari uko ayo mafaranga azafasha Leta kugera ku ntego z’iterambere Guverinoma yihaye mu myaka itanu iri imbere.

U Rwanda rufite inkingi z’ubukungu rwiyemeje gushoramo imari kugira ngo ruzabe igihugu gikize myaka itarambiranye mu bwinshi.

Byose bikubiye muri gahunda y’imyaka itanu yiswe National Strategy for Transformation (NST).

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

N’ubwo rwahuye kandi rukazongwa n’ingaruka za COVID n’intambara ziri hirya no hino ku isi, u Rwanda rwakomeje kwihagararaho mu bukungu.

Nk’ubu, umwaka ushinzwe ubukungu bwarwo bwazamutse ku kigero cya 8.2% iryo janisha rikaba ryarazamutseho 2% ugereranyije n’uko byari biteganyijwe.

Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana avuga ko kugira ngo uyu muvuduko ukomeze, ari ngombwa ko ingengo y’imari yongerwa.

Asaba ko iyo ngengo ubu yazaba Miliyari Frw 5,690.1.

Yose ni ayo gushora mu bikorwa remezo bizatuma ubukungu bw’u Rwanda bukomeza imbere.

- Advertisement -

Imibare ya Minecofin ivuga ko muri ariya mafaranga, agera kuri Miliyari Frw 3,414.4 azava mu misoro, asigaye angana na Miliyari 444.0 azava ‘ahandi’.

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ayo mafaranga azafasha mu iterambere ry’ubuhinzi, ubuzima, uburezi, no kwita ku mibereho myiza y’abaturage.

TAGGED:featuredNdajimanaUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Yimye Israel Bombe Yari Yayemereye
Next Article Inganda Zirasabwa Gukomeza Kwimakaza Uburinganire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ngoma: Hibutswe Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yishwe Irazima Muri Jenoside 

Rihanna Yapfushije Se

Kabila Aragisha Inama Inararibonye Z’i Goma

Nick Ngendahayo Yasohoye Indirimbo Ibanziriza Igitaramo

Abayahudi Baramagana Ibyo Israel Ikorera Muri Gaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Rugiye Kubaka Uruganda Rubyaza Izuba Amashanyarazi Ya Mega Watt 30

M23 Irasaba Uburundi Gucyura Ingabo Zabwo Inzira Zikigendwa

Abajyanama B’Ubuzima Bagiye Gukoresha Ubwenge Buhangano Mu Kazi

RDB Yagize Icyo Ivuga Ku Ntambara Ya DRC

Kigali: Hagiye Gushyirwaho Ingengabihe Yo Gutwara Abagenzi

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ba Rwiyemezamirimo Bagiye Guhatanira Igihembo Cya Miliyoni $1.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Musk Yavuye Mu Nshingano Yahawe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Umwanditsi Ukomeye Ngũgĩ wa Thiong’o Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Pariki Y’Akagera Yinjije Arenga Miliyari Frw 5 Mu Mwaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?