Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Habineza Avuga Ko Natorwa Azahanga Imirimo 500,000 Buri Mwaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Habineza Avuga Ko Natorwa Azahanga Imirimo 500,000 Buri Mwaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 June 2024 8:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr. Frank Habineza avuga ko natorwa azafasha abantu kwihaza mu biribwa kandi akazagirat uruhare mu guhanga imirimo 500000 ku mwaka.

Yabivugiye mu kwiyamamaza kwe hamwe n’ishyaka Democratic Green Party mu bikorwa yatangiriye mu Karere ka Gasabo ahitwa Jabana.

Habineza yemeza ko Abanyamarwanda nibamugirira icyizere bagaashyira igikumwe kuri kagoma( ni inyoni iramga ishyaka rye) azakora uko ashoboye akagabanya, mu buryo bugaragara, ubushomeri mu rubyiruko.

Ikindi we n’abarwanashyaka be bavuga ko bazashyiramo imbaraga ni uguharanira ko imisoro igabanuka bityo abacuruzi bakajya bayishyura batitotomba.

Undi mugambi Green Party ivuga ko izashyira mu bikorwa Abanyarwanda nibatora Dr.Frank Habineza ni uwo gufasha abahinzi kuzamura umusaruro binyuze mu kubaha inyongera musaruro.

Green Party ifite Abadepite 50 bazayihagararira mu matora y’Abadepite.

Ivuga ko izagabanya umusoro ukava kuri 18% ikagera kuri 14%.

Ibi ngo bizatuma abahishaga imisoro babivaho.

TAGGED:DemukarasifeaturedHabinezaImisoro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article FPR Ni Ubudasa Mu Buryo Bwibigomba Guhinduka- Kagame
Next Article Rubavu: Aho Kagame Agiye Kwiyamamiriza Abantu Ni Uruvunganzoka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?