Mu gihe hasigaye iminsi micye ngo italiki ntarengwa yo kuba abasoreshwa barangije gutanga imisoro igere( ni Taliki 16, Gicurasi), Komiseri wungirije ushinzwe abasora n’itumanaho Jean Paulin...
Imwe mu ngingo zaganiriwe ho kandi zigafatirwaho umwanzuro ni uko amadeni abamotari bari bafitiye Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro yavanyweho. Uyu mwanzuro wafatiye mu Nama yaguye yahuje...
Banki ihuza abakora mu nzego z’umutekano, Zigama CSS, yihaye intego ko mu mwaka utaha wa 2022 izinjiza miliyari 69.9 Frw zivuye kuri miliyari 54.2 Frw zinjiye...
Perezida Paul Kagame yashimye abatanga imisoro neza kuko bifasha mu guteza imbere igihugu, anakebura abayikwepa kandi bafite ibikorwa bikwiye kuba biyitanga. Kuri uyu wa Gatanu nibwo...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko mu Ntara y’Iburasirazuba hakusanyijwe amafaranga aturuka mu misoro n’andi atari imisoro angana na miliyari 35.7 Frw, ku ntego ya miliyari...