Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hadutse COVID-19 yandura vuba kurusha iya mbere
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Hadutse COVID-19 yandura vuba kurusha iya mbere

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 December 2020 3:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibihugu by’u Bubiligi, u Buholandi n’u Budage byabujije indege zituruka mu Bwongereza kugwa ku bibuga byabyo kukomuri kiriya gihugu havugwa ubwoko bushya bwa COVID-19 kandi bwandura vuba.

Amakuru y’ubu bwoko bushya bwa COVID-19 yatangajwe na Leta y’u Bwongereza, ivuga ko bufite umuvuduko munini wo kwanduza abantu.

Igihugu  cya mbere cyabujije indege zo mu Bwongereza kugwa ku bibuga byacyo ni u Buholandi.

Indege zituruka muri Afurika y’Epfo nazo ntizemerewe kugwa mu Buholandi.

Ububiligi bwabujije na gari ya moshi ziva mu Bwongereza kujya muri kiriya gihugu.

Abaturage b’u Bwongereza muri iki gihe bari muri Guma mu Rugo iherutse kwemezwa n’Inama y’Abaminisitiri.

Ibya kiriya cyorezo gishya cya COVID-19 byemejwe n’Umunyamabanga wa Leta mu Bwongereza  ushinzwe ubuzima witwa Matt Hancock.

Yabwiye SkyNews ko kiriya cyorezo kiri kwandura vuba kandi ko ari icyo kwitondera cyane.

Matt ati: “ Ni icyorezo kizatugora gucunga kuko cyandura vuba kereka tugize amahirwe abantu benshi bagakingirwa vuba.”

Hari umukozi muri rwego rw’ubuzima witwa Susan Hopkins uvuga ko kiriya cyorezo cyandura ku gipimo cya 70% mu gace kigezemo.

Ibihugu byinshi mu Buraiyi biri gushyira abaturage muri Guma mu Rugo byanga ko bakongera kwibasirwa na COVID-19.

TAGGED:COVID-19featuredIcyorezoUbwongereza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi wa Croix-Rouge y’u Rwanda ‘avugwaho’ imikorere mibi
Next Article Ibyo Perezida Kagame ashobora kugarukaho mu ijambo ari bugeze ku Banyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?