Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hadutse Ubundi Bwoko Bwa Omicron
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Hadutse Ubundi Bwoko Bwa Omicron

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 January 2022 5:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashakashatsi bo muri Denmark babonye ko Omicron yihinduranyije yikoramo ubundi bwoko bise BA.2. Bavuga ko ubu bwoko bushya bwandura cyane kurusha ubwari busanzweho bwa BA.1

Igiteye ubwoba kurushaho ni ngo bwanduza n’abakingiwe  COVID-19.

N’ubwo henshi ku isi abantu bakingiwe ndetse hamwe bakaba barahawe urukingo rwa gatanu, ngo ubudahangarwa bwabo ntibuhangamura BA2.

Iyi virusi ngo iri kwanduza cyane abantu bo mu  Burayi no muri Aziya.

Abakozi bo mu ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, OMS/WHO bavuga ko buriya bwoko bushya bwa Omicron buri kwiyongera cyane kandi ngo ibihugu bigomba gukaza ingamba zo kubwirinda.

Hari umuganga witwa Trevor Bedford uvuga ko ubwandu bwa BA.2 bungana na 82%  by’ubwandu buri kugaragara muri Denmark, bukangana na 9% mu Bwongereza ndetse na 8% muri Amerika.

Ikindi kiri kuvugwa ni uko ubu bwandu bukwirakira cyane ariko icyo abahanga bataramenya neza ni ukumenya niba koko bwanduza n’abakingiwe.

Ikibazo bibaza kandi ni ukumenya uko ubuzima bw’abigeze kwandura BA.1 bakayikira buzamera nibandura ubwoko BA.2

Inkuru nziza ni uko buriya bwandu butazahaza uwakingiwe ngo abe yashyirwa mu bitaro.

Ubwoko bushya bwa COVID-19 bwiswe Omicron bwageze mu Rwanda mu Ukuboza, 2021.

Leta yahise ifata ingamba zikomeye zo kuyirinda.

Muri iki gihe ariko, Leta yongeye koroshya ingamba zo kwirinda ubu bwandu gusa ntawamenya uko bizagenda nibigaragara ko ubwoko BA.2 burushije  ubukana ubwa BA.1 bwa Omicron yari isanzwe.

TAGGED:COVID-19featuredOmicronUbwandu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyungwe: Ishyamba Ry’Inzitane Rya Cyera Cyane
Next Article Mali Yirukanye Ambasaderi w’u Bufaransa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

General Kabandana Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?