Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hadutse Ubundi Bwoko Bwa Omicron
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Hadutse Ubundi Bwoko Bwa Omicron

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 January 2022 5:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashakashatsi bo muri Denmark babonye ko Omicron yihinduranyije yikoramo ubundi bwoko bise BA.2. Bavuga ko ubu bwoko bushya bwandura cyane kurusha ubwari busanzweho bwa BA.1

Igiteye ubwoba kurushaho ni ngo bwanduza n’abakingiwe  COVID-19.

N’ubwo henshi ku isi abantu bakingiwe ndetse hamwe bakaba barahawe urukingo rwa gatanu, ngo ubudahangarwa bwabo ntibuhangamura BA2.

Iyi virusi ngo iri kwanduza cyane abantu bo mu  Burayi no muri Aziya.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abakozi bo mu ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, OMS/WHO bavuga ko buriya bwoko bushya bwa Omicron buri kwiyongera cyane kandi ngo ibihugu bigomba gukaza ingamba zo kubwirinda.

Hari umuganga witwa Trevor Bedford uvuga ko ubwandu bwa BA.2 bungana na 82%  by’ubwandu buri kugaragara muri Denmark, bukangana na 9% mu Bwongereza ndetse na 8% muri Amerika.

Ikindi kiri kuvugwa ni uko ubu bwandu bukwirakira cyane ariko icyo abahanga bataramenya neza ni ukumenya niba koko bwanduza n’abakingiwe.

Ikibazo bibaza kandi ni ukumenya uko ubuzima bw’abigeze kwandura BA.1 bakayikira buzamera nibandura ubwoko BA.2

Inkuru nziza ni uko buriya bwandu butazahaza uwakingiwe ngo abe yashyirwa mu bitaro.

- Advertisement -

Ubwoko bushya bwa COVID-19 bwiswe Omicron bwageze mu Rwanda mu Ukuboza, 2021.

Leta yahise ifata ingamba zikomeye zo kuyirinda.

Muri iki gihe ariko, Leta yongeye koroshya ingamba zo kwirinda ubu bwandu gusa ntawamenya uko bizagenda nibigaragara ko ubwoko BA.2 burushije  ubukana ubwa BA.1 bwa Omicron yari isanzwe.

TAGGED:COVID-19featuredOmicronUbwandu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyungwe: Ishyamba Ry’Inzitane Rya Cyera Cyane
Next Article Mali Yirukanye Ambasaderi w’u Bufaransa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?