Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hadutse Ubundi Bwoko Bwa Omicron
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Hadutse Ubundi Bwoko Bwa Omicron

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 January 2022 5:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashakashatsi bo muri Denmark babonye ko Omicron yihinduranyije yikoramo ubundi bwoko bise BA.2. Bavuga ko ubu bwoko bushya bwandura cyane kurusha ubwari busanzweho bwa BA.1

Igiteye ubwoba kurushaho ni ngo bwanduza n’abakingiwe  COVID-19.

N’ubwo henshi ku isi abantu bakingiwe ndetse hamwe bakaba barahawe urukingo rwa gatanu, ngo ubudahangarwa bwabo ntibuhangamura BA2.

Iyi virusi ngo iri kwanduza cyane abantu bo mu  Burayi no muri Aziya.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abakozi bo mu ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, OMS/WHO bavuga ko buriya bwoko bushya bwa Omicron buri kwiyongera cyane kandi ngo ibihugu bigomba gukaza ingamba zo kubwirinda.

Hari umuganga witwa Trevor Bedford uvuga ko ubwandu bwa BA.2 bungana na 82%  by’ubwandu buri kugaragara muri Denmark, bukangana na 9% mu Bwongereza ndetse na 8% muri Amerika.

Ikindi kiri kuvugwa ni uko ubu bwandu bukwirakira cyane ariko icyo abahanga bataramenya neza ni ukumenya niba koko bwanduza n’abakingiwe.

Ikibazo bibaza kandi ni ukumenya uko ubuzima bw’abigeze kwandura BA.1 bakayikira buzamera nibandura ubwoko BA.2

Inkuru nziza ni uko buriya bwandu butazahaza uwakingiwe ngo abe yashyirwa mu bitaro.

- Advertisement -

Ubwoko bushya bwa COVID-19 bwiswe Omicron bwageze mu Rwanda mu Ukuboza, 2021.

Leta yahise ifata ingamba zikomeye zo kuyirinda.

Muri iki gihe ariko, Leta yongeye koroshya ingamba zo kwirinda ubu bwandu gusa ntawamenya uko bizagenda nibigaragara ko ubwoko BA.2 burushije  ubukana ubwa BA.1 bwa Omicron yari isanzwe.

TAGGED:COVID-19featuredOmicronUbwandu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyungwe: Ishyamba Ry’Inzitane Rya Cyera Cyane
Next Article Mali Yirukanye Ambasaderi w’u Bufaransa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?