Ubuyobozi bw’umurwa mukuru wa Koreya ya ruguru witwa Pyongyang bwategetse abaturage kuguma mu ngo zabo mu gihe cy’iminsi itanu(5)birinda kwanduzanya indwara ‘yandurira mu buhumekero.’ Nta zina...
Abibwira ko COVID-19 yatsinzwe burundu bashobora kuba bibeshya cyane. Abahanga mu bya virusi bavuga ko isi yagombye kwitegura ubundi bwandu bushya bwa COVID-19 bise BQ.1 na...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita k’ubuzima, WHO/OMS, rivuga ko mu gihe kiri imbere kandi kitarambiranye ku isi hazaduka ubundi bwoko bwa COVID-19 bwihinduranyije bwandura vuba kandi bukazahaza...
Abashakashatsi bo muri Denmark babonye ko Omicron yihinduranyije yikoramo ubundi bwoko bise BA.2. Bavuga ko ubu bwoko bushya bwandura cyane kurusha ubwari busanzweho bwa BA.1 Igiteye...
Minisiteri y’Ubuzima ya Uganda yatangaje ko ubwandu bushya bwa COVID-19 bukomeje kuzamuka cyane, aho ibipimo bishya byagaragaje ko abantu banduye ari 22% ugereranyije n’abapimwe. Kuri uyu...