Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hafashwe Ibiyobyabwenge Bifite Agaciro Ka Miliyari 1.4 $
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubuzima

Hafashwe Ibiyobyabwenge Bifite Agaciro Ka Miliyari 1.4 $

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 August 2021 8:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nibwo bwa mbere mu mateka y’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge muri Amerika, hafashwe ibiyobyabwenge bifite agaciro kageze kuri miliriya y’amadolari y’Amerika.

Ibiyobyabwenge byafashwe ni toni 27 za cocaine n’ibilo 650 by’urumogi, bikaba byafatiwe ku mupaka ugabanya Leta zunze ubumwe z’Amerika n’igice cy’Amerika y’Amajyepfo mu bihugu bya Mexique, Brazil, Colombia, Cuba n’ibindi

Hari kandi ku bufatanye bwa Polisi y’Amerika irinda amazi na Polisi ya Canada.

Ibiyobyabwenge byafashwe bikubye kabiri ubwinshi by’ibyafatiwe muri Amerika mu mwaka wose wa 2020.

Muri Nyakanga, 2021, nibwo hafashwe urumogi rwinshi mu mateka, icyo gihe hagashwe urumogi rupim toni 16.

Hari hashize iminsi 10 abapolisi bacungira hafi abarucuruza.

Ibiyobyabwenge biva muri Amerika y’Epfo bikajyanwa kugurishwa muri Amerika, Canada n’ahandi
Ubufatanye mu guhashya ibiyobyabwenge ni ngombwa
TAGGED:AmerikaCocainefeaturedIbiyobyabwengePolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Qatar Mu Isoko Ry’Amabanki Y’Afurika No Muri Airtel Money
Next Article Uwahoze Ayobora WASAC Ari Gukorwaho Iperereza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?