Raporo y’Umuryango w’abibumbye ivuga ko mu myaka icumi yakorewemo ubushakashatsi, ibisubizo byarekanye ko guhera mu mwaka wa 2011 kugeza mu mwaka wa 2021 umubare w’abakoresha ibiyobyabwenge...
Minisiteri y’ubuzima ifatanyije na Polisi y’u Rwanda yatangije ubukangurambaga bwo kwibutsa urubyiruko ububi bw’ibiyobyabwenge. N’ubwo ari uko bimeze, hari abibaza niba urubyiruko rw’ubu rwiyumvisha ko ubuzima...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko rwashyikirije Ubushinjacyaha dosiye ya Turahirwa Moses ukurikiranyweho ibyaha by’inyandiko mpimbano no gukoresha ibiyobyabwenge. Uyu yamamaye cyane mu mideli ubwo yashingaga...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Turahirwa Moses mu myaka ishize wambikaga abakomeye imyenda yakorerwaga mu nzu y’imideli yitwa Moshions. RIB imukurikiranyeho ibyaha by’inyandiko mpimbano...
Mu rwego rwo guhashya abacuruza ibiyobyabwenge no gukumira ko bigezwa hirya no hino ku isi aho bitaragera, Polisi y’u Bwongereza imaze iminsi ihiga kandi igafata abantu...