Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hafi Y’imva Y’Umuhanuzi Samuel Wo Muri Bibiliya Hakongotse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Utuntu n'Utundi

Hafi Y’imva Y’Umuhanuzi Samuel Wo Muri Bibiliya Hakongotse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 July 2021 9:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Ntara ya Yudeya hafi y’ahashyinguwe umubiri w’Umuhanuzi Samuel uvugwa muri Bibiliya hamaze igihe hashya, bika bikekwa ko ari abagizi ba nabi bahatwitse ku bushake.

Umuhanuzi Samuel avugwa muri Bibiliya mu gice cyayo kitwa Isezerano rya Kera. Niwe wagize uruhare mu guhuza Israel yayoborwaga n’Abacamanza na Israel yayobowe nyuma y’aho n’Abami.

Igihe cyarageze Abanya Israel bageze aho bumva bakeneye umwami basaba Samuel kubabariza Imana niba bishoboka, Imana imubwira ko ari amahitamo y’abo ariko ko uwo mwami bahisemo azabategeka nk’uko n’abandi bami babigenza.

Umwami wa mbere wabategetse ni uwitwa Saul, aza gusimburwa na Dawudi nyuma y’uko ahindutse akaba mubi, Imana ikamunyaga inkoni ya cyami.

Kuba umuhanuzi Samuel yarabayeho byanemejwe n’umuhanga mu mateka witwa Josèphe(Josephus mu Kilatini) mu gitabo cye yise Antiquities of The Jews.

Imva y’Umuhanuzi Samuel irubahwa cyane muri Israel

Tugarutse kuri ya nkongi yugarije imva ya Samuel. Polisi ya Israel iri gukora uko ishoboye ngo iyikumire ari nako ihiga abantu bose bakekwaho kugira uruhare mu gutwika kariya gace kari hagati y’Intara ya Yudeya n’Intara ya Samaria

Ni umuriro mwinshi kuko wateye uturutse mu bice byose bikikije agace iriya mva iherereyemo.

Abantu bose bari bahaturiye basabwe kuhava.

Imva ya Samuel mu Giheburayo bayita Kever Shmuel cyangwa Nebi Samiwel mu Cyarabu.

TAGGED:DawudifeaturedSamuelUmwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uruzinduko Rwa Minisitiri W’Intebe W’U Rwanda Mu Burundi Ruvuze Iki?
Next Article Amerika Yafunze Ikibuga Cy’Indege Yari Yahanze Muri Afghanistan
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?